Umutwe w’Itwaje intwaro wa M23 wamaze gufata uduce twa katobotobo na Luke muri Teritwari ya Masisi muri Kivu ya Ruguru ya DR Congo Nkuko umwe mu bagize Sosiyete sivile muri Teritwari ya Masisi yabivuze.

Ninyuma y’imirwano ikomeye yabaye kuri uyu Wambere,kuwa Kabiri,no Kuwagatatu mu Bice by’Iburengerazuba bwa Masisi hagati ya M23 n’Abarwanyi ba Wazalendo Ubusanzwe Bafashywa n’Ingabo za Leta ya Congo.

Inkuru Dukeshya bbc yagerageje Kuvugisha Umuvugizi wa M23 Ntibirashoboka Kugeza ubu ariko Amahoro akomeje Kuboneka aho M23 yagiye ifata.

Sosiyete Sivile Ivugako M23 yagiye ifata ikihafite,inavugako Abantu benshi muduce twa Osso Banyungu muri ‘Groupement” ya Nyamaboko,i Katoyi,Katobotobo, nahandi Abantu Bavuye Mubyabo Bagahunga Kuva Iyi Mirwano itangiye M23 ikaba Ikomeje Gushaka Uko Yabungabunga Umutekano wabantu n’Ibyabo muri utu Duce.

Nkuko Bimwe mub’Inyamakuru Byo muri DRC Byemeje ko Uduce twa Katobotobo na Luke twafashywe.
