Amakuru agezweho muri Kivu y’Amajyepfo
Kuri uyu wa Gatandatu, umutwe wa Twirwaneho ukorana n’ihuriro AFC/M23 wagaragaye winjiye mu gace ka Kipupu, gaherereye muri Gurupema des...
Read MoreMenya impamvu y’igipfuko kiri kuri Donald Trump
Umuvugizi wa White House, Karoline Leavitt, yasobanuye ko igipfuko cyagaragaye ku kiganza cy’iburyo cya Perezida Donald Trump mu minsi ishize,...
Read MorePolisi y’u Rwanda yongeye gufata abari barazengereje abantu babiba
Polisi y’u Rwanda itangaza ko mu bikorwa bitandukanye yagaruje ibikoresho by’ikoranabuhanga byibwe, hafatwa abantu 8 bakekwaho kugira uruhare muri...
Read MoreMenya icyo M23 yaramutse itangaza ku buryo ibintu bihagaze mu Burasirazuba bwa Congo
Ihuriro AFC/M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, riravuga ko uruhande bahanganye rugizwe n’abarimo ingabo z’u...
Read MoreRayon Sports mu nzira zo kubona umuzamu mushya usimbura Pavelh Ndzila
Rayon Sports iri mu myiteguro ikomeye yo kongerera imbaraga ikipe mbere y’uko isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi rya Mutarama 2026 rizafungura...
Read MoreHatangajwe umushinga urimo FERWAFA na FIFA utanga icyizere kuri ruhago y’u Rwanda
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ku mugaragaro ubufatanye bushya bwa imyaka ibiri na FIFA bugamije guteza imbere...
Read MoreFIFA yatangaje aho amatiki y’igikombe cy’Isi ageze agurwa
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi [FIFA], yatangaje ko imaze kwakira ubusabe burenga miliyoni eshanu bw’abashaka kugura amatike...
Read MoreDonald Trump akomeje kongera uruvire ku bashaka kujya muri Amerika
Abakerarugendo baturutse mu bihugu bibarirwa muri za mirongo harimo nabo mu gihugu cy’Ubwongereza bashobora kujya basabwa gutanga raporo yuko...
Read MoreArne Slot mu nzira zo kwiyunga na Mohamed Salah
Umutoza wa Liverpool, Arne Slot, yatangaje ko mu gitondo  cyo kuri uyu wa Gatanu agomba kugirana ikiganiro cyihariye na Mohamed Salah kugira ngo...
Read MoreRutahizamu wa Al Hilal yageneye ubutumwa APR FC na Rayon Sports
Umukinnyi w’Umurundi ukinira Al Hilal yo muri Sudani, Girumugisha Jean Claude, yatangaje ko intego ye n’iy’ikipe ari ugukora ibishoboka byose...
Read More