Guverinoma y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku bimaze iminsi bibera muri kivu y’Amajyepfo
Guverinoma y’u Rwanda iratangaza ko Repubulika ya Demokarasi ya Congo idakwiye kwegeka ku Rwanda ibikorwa byo kurenga ku gahenge, nyuma yuko muri...
Read MoreBayern München yateye ikirenge mu cya Arsenal
Ikipe ya Bayern München yongeye kwerekana ko ikomeye ku mugabane w’u Burayi nyuma yo kwikura imbere ya Sporting CP bayitsinze ibitego 3–1 ku mukino...
Read MoreGutega(betting) biravuza ubuhuha muri ruhago ya Turkey
Urukiko rwo muri Turikiya rwatangaje ko rwafunze abantu 20 bakekwaho kugira uruhare mu bikorwa byo gutega ku mikino byakomeje kugaragara mu byiciro...
Read MoreHamenyekanye uwasimbuye Brig Gen Deo Rusanganwa
Mu gitondo cyo ku munsi wejo nibwo hatangiye gucicikana inkuru zavugaga ko Brig Gen Deo Rusanganwa yakuwe ku nshingano zo kuyobora APR FC, nyuma...
Read MoreAmerika yahaye gasopo AFC/M23
Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse n’u Burayi byamaganye ndetse bisaba ihagarikwa ry’ibitero bya AFC/M23 mu Burasirazuba bwa...
Read MoreCongo: Uwashakaga kuba umudepiti yagaragaje ko ashyigikiye AFC/M23
Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye kugaragara ku mugaragaro atangaza ko ashyigikiye ihuriro rya...
Read MoreM23 yagaragaje ikigiye gukurikira nyuma yo gufata Uvira
Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no hino muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ari...
Read MoreManzi Thierry na Bizimana Djihad bongeye kwandika amateka muri Libya
Al Ahli Tripoli ikinamo abakinnyi babiri b’ikipe y’igihugu Amavubi, Manzi Thierry na Bizimana Djihad yongeye kwandika amateka muri ruhago yo muri...
Read MoreHatangajwe igihe APR FC na Rayon Sports bigiye kongera gutana mu mitwe
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, ‘FERWAFA’, Ryatangaje amatariki y’Umukino wa Super Cup, Iyo mikino izahuza Rayon Sports na APR Fc mu...
Read MoreManchester United yongeye gushinga agati
Mu ijoro ryakeye Manchester United yongeye kwigaragaza itsinda Wolves ibitego 4-1 mu mukino waje nyuma y’igitutu gikomeye cy’abafana ba Wolves...
Read More