Clapton Kibonge yifatiye ku gahanga abategura ibihembo bya Mashariki
Clapton Kibonge yagaragaje kutanyurwa n’uburyo yakiriwe akimwa ibyicaro kandi yari umwe bashyitsi b’imena ndetse anikoma n’imigendekere y’imihatanire...
Read MoreUmunyamakuru wa B&B Kigali FM yahawe inshingano muri FERWAFA
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryongereye imbaraga mu miyoborere y’iterambere rya ruhago, ritangiza komite nshya zigamije...
Read MoreByose ukeneye kumenya mbere yuko Chelsea na Arsenal zicakirana
Chelsea irakira Arsenal ku mugoroba wo kuri iki cyumweru saa 18:30, kuri Stamford Bridge mu mukino ugaragara nk’usobanura byinshi ku mpande zombi...
Read MoreMenya ibigezweho nyuma ya kudeta yabaye muri Guinea-Bissau
Minisitiri w’Intebe wa Senegal, Ousmane Sonko, kuri uyu wa Gatanu wa tariki 28 Ugushyingo 2025, yatangaje ko kudeta yabaye muri Guinea-Bissau muri...
Read MoreUkuri kuri video y’umuhanzi w’i Burundi yateje urunturuntu mu Banyarwanda
Amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga agaragaramo umuhanzi B-Face w’i Burundi yumvikanamo avugamo amagambo y’ibitutsi ku Banyarwanda,...
Read MoreUmutoza wa APR FC yagaragaje mu buryo bwahuranyije inkomoko y’umusaruro nkene w’iyi kipe
Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, ikipe ya APR FC yongeye gushidikanywaho n’abakunzi bayo nyuma yo kunganya na AS Kigali igitego 1–1, mu mukino w’Umunsi...
Read MoreAmakuru agezweho kuri Cole Palmer
Umukinnyi ukomeye wa Chelsea, Cole Palmer, yakize neza kandi yiteguye gukina umukino ukomeye wo ku Cyumweru ikipe ye izakiramo Arsenal kuri Stamford...
Read MoreM23 yongeye kwibikaho agace k’ingenzi mu ntamabara barwanamo na leta ya Congo
Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatanu wa tariki 28 Ugushyingo 2025, wigauriye gace ka Kashaka gaherereye muri Kivu y’Amajyepfo , agace kari...
Read MoreAho bigeze kuri gahunda yo gusinya amasezerano hagati y’u Rwanda na Congo
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Ugushyingo 2025, Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko azajya...
Read MoreAmakuru agezweho ku mvune ya Bigirimana Abedi
Umukinnyi wo hagati ukomoka mu Burundi, Bigirimana Abedi, ukina muri Rayon Sports, agiye kumara igihe cy’ibyumweru bitatu adagaragara mu kibuga nyuma...
Read More