Sinasaba ubwatsi kuko sindi inka – Apôtre Yongwe asobanura amashusho yamugaragaje asaba amaturo
Harerimana Joseph, uzwi nka Apôtre Yongwe yongeye kuri koroza ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragara mu mashusho asa nk’uhatira abayoboke...
Read MoreM23 yasobanuye ingingo yo kwambura intwaro imitwe y’inyeshyamba iri mu byo yumvikanyeho na leta ya Congo
Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko mu byo uri kuganiraho na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ndetse baniyemeje, harimo ko imitwe yose ikorera...
Read MoreMutesi Jolly yihanije abantu
Miss Mutesi Jolly ubitse ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2016, yasabye abakobwa n’abagore kuba inkomezi ku bandi mu gihe bahuye n’ibibazo aho...
Read MorePerezida wa Tanzaniya yahishuye abakoze imyigaragambyo nicyo bahawe
Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan, yatangaje ko imyigaragambyo yabaye ku wa 29 Ukwakira ikurikiye amatora y’Umukuru w’Igihugu yatejwe...
Read MoreIkipe ya Al Hilal SC yageneye ubutumwa perezida w’u Rwanda
Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani, imaze iminsi ikorera ibikorwa byayo mu Rwanda, yatangaje ko yiteguye umukino wa mbere w’Itsinda C muri CAF...
Read MoreUmukinnyi w’Umunyarwanda ashobora kwerekeza muri Serie A
Umukinnyi mpuzamahanga w’u Rwanda, Hakim Sahabo, ukinira Standard de Liège mu Bubiligi, akomeje gukurura amaso y’amakipe akomeye ku mugabane w’u...
Read MoreUrukiko rwo muri Amerika rwafashe umwanzuro ku cyifuzo cya Prince Kid cyo kutoherezwa mu Rwanda
Urukiko wo muri Leta ya Texas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwafashe umwanzuro ko Ishimwe Dieudonné, uzwi nka ‘Prince Kid’ uagomba...
Read MoreIngabo za Congo zambuye ibice bishya inyeshyamba za M23
Ingabo za Repubulika ya Demokarsi ya Congo(FARDC) zifatanyije n’umutwe wa Wazalendo biravugwa ko bigaruriye agace ka Katoyi nyuma...
Read MoreKNC yongeye kwikoma FERWAFA
Perezida wa Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles (KNC), yongeye kugaragaza impungenge ku mikorere y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda...
Read MoreSamuel Eto’o yashyizwe ku ruhande muri ruhago ya Cameroun
Mu gihe hasigaye iminsi mike ngo habe amatora azashyiraho Perezida mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroun (FECAFOOT), Samuel...
Read More