M23 yagize icyo ivuga ku busabe bw’igihugu cy’u Bufaransa
Ihuriro AFC/M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ryanze umwanzuro wafatiwe mu gihugu cy’u Bufaransa ubasaba...
Read MoreAbakinnyi bakiri bato b’Abanyarwanda bagiye gutyarizwa muri Arsenal
Abana 15 bo mu mushinga wa Isonga bitabiriye gahunda yihariye y’ikipe ya Arsenal igamije guteza imbere impano z’abato, izwi nka Arsenal Academy...
Read MoreUmunyabigwi wa Manchester United Paul Scholes yahagaritse akazi ko gusesengura ku mpamvu yababaje bensi
Uwahoze akinira Manchester United, Paul Scholes, yahagaritse gukora akazi ko gusesengura imikino no gutanga ibitekerezo kuri televiziyo kugira ngo...
Read MoreAmakuru agezweho ku midugararo muri Tanzania yakuruwe n’amatora atavugwaho rumwe
Kuri uyu wa Kane wa tariki 30 Ukwakira 2025, abaturage bo muri Tanzaniya baramukiye mu myigaragambyo yamagana Perezida w’ iki gihugu Samia Suluhu...
Read MoreDonald Trump yatangaje ibikorwa bishya by’imikoreshereze y’intwaro kirimbuzi za Amerika byaherukaga 1992
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yategetse abayobozi b’ingabo z’Amerika ko bagomba gutangira ibikorwa byo kugerageza intwaro...
Read MoreMenya uko byagendekeye umusirikare kazi wagiye kwifotoza n’umwenda wa gisirikare akajyanwa mu nkiko
Kuri uyu wa Gatatu wa tariki 29 Ukwakira 2025, urukiko rukuru rwa gisirikare ruri mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo,...
Read MoreFélix Antoine Tshisekedi yatangaje umugambi afitiye ibice byigaruriwe na M23
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Antoine Tshisekedi yemeje ko amahoro ari mu nzira ku batuye mu bice by’Uburasirazuba...
Read MoreIgihugu cya Norvège cyatanze amakuru ku gisasu gishya cy’u Burusiya
Noruvege yatangaje agace nyirizina Uburusiya buherutse kurasamo intwaro kirimbuzi yiswe ‘Burevestnik’ ikoresha ingufu za kirimbuzi kandi ifite...
Read MoreIkipe yashakaga gukina Rwanda Premier League yabisubitse
Ikipe ya Al Ahli Madani yo muri Sudani yatangaje ko itazakina Shampiyona y’u Rwanda y’uyu mwaka w’imikino nkuko byari byitezwe, ahubwo igahitamo...
Read MoreEse koko hari umukino wa gicuti w’Amavubi na Senegal uzabera mu Bufaransa?
Hari amakuru yizewe avuga ko ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, ishobora gukina umukino wa gicuti n’ikipe y’igihugu ya Senegal mu kwezi gutaha...
Read More