Hamenyekanye igihe Perezida wa Congo, uw’u Burundi ndetse n’uw’u Rwanda bazahurira
Ku itariki 30 Ukwakira 2025, mu gihugu cy’Ubufaransa hategerejwe inama izahuriramo perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo(Felix...
Read MoreIgisirikare cy’Uburundi cyateye intambwe mu kwikorera ibikoresho
Kuri uyu wa Mbere tariki 27 Ukwakira 2025, igisirikare cy’Uburundi(FDNB) cyamuritse imodoka ya gisirikare cyakoze mu mugambi wo guteza imbere...
Read MoreAaron Ramsey wa kiniye Arsenal yashyizeho intego y’amafaranga yatangaje benshi ku wamubonera imbwa ye!
Umukinnyi w’umupira w’amaguru ukomoka muri Wales, Aaron Ramsey, yashyizeho akayabo k’angana na 29,703,400 RWF nk’ igihembo ku muntu wese watanga...
Read MoreIgisubizo cyatanzwe na M23 ubwo yasabwaga kuva mu duce yafashe mu masezerano ya Doha
Ihuriro AFC/M23 rirwanya Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeje ko nta gahunda bafite yo kuva mu migi ibiri y’ingenzi bigaruriye ya ,...
Read MoreRutahizamu wa APR FC Mamadou Sy yongeye gufatirwa ingamba nshya
Rutahizamu ukomoka muri Mauritania ukinira APR FC, Mamadou Sy, akomeje kugorwa n’ibihe bitoroshye nyuma yo guhagarikwa n’ubuyobozi bw’ikipe kubera...
Read MoreUmukunzi wa Lamine Yamal yashyize umucyo ku biri kuvugwa ku rukundo rwabo
Umukunzi wa Lamine Yamal yagaraje ko we na Lamine Yamal batagiye kwibaruka nk’uko byari bimaze iminsi bivugwa. Ubwo abafana bari buzuye Stade ya...
Read MoreAmakuru agezweho ku ngabo z’u Rwanda ziri i Cabo Delgado muri Mozambique
Umuyobozi Mukuru wa Reserve Force mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), General Major Alexis Kagame, ari kumwe n’Umwungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe...
Read MoreAFC/M23 yagize icyo ivuga ku rupfu rwa Musenyeri Faustin Ngabu
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ryababajwe n’urupfu rwa Musenyeri Faustin Ngabu, wabaye...
Read MoreNyamasheke: Imyigaragambyo muri gereza yahoshejwe n’amasasu
Imyigaragambyo mu igororero rya Nyamasheke yahoshejwe n’amasasu yarashwe mu kirere. Ku wa 26 Ukwakira 2025, mu Igororero rya Nyamasheke habaye...
Read MoreFERWAFA yavugutiye umuti ibibazo by’imisifurire biri muri shampiyona
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryateguje ko muri Gashyantare 2026 rizatangira gukoresha ikoranabuhanga ryifashishwa mu...
Read More