Perezida wa Nigeria yafashe ingamba zikomeye nyuma y’umugambi wo kumuhirika ku butegetsi
Nyuma y’uko habaye igerageza ry’ihirikara ry’ubutegetsi mu gihugu cya Nigeria perezida Bola Tinubu yirukanye General Christopher...
Read MoreAbanyeshuri 25 biga muri Green Hills batawe muri yombi
Abanyeshuri 25 biga muri Green Hills International College yo mu ntara ya Gitega mu gihugu cy’u Burundi batawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma...
Read MoreBwa mbere Annette Murava yavuze ku mugabo we ‘Bishop Gafaranga’ mu ruhame
Annette Murava yagaragaje imbamutima ze ku mbuga nkoranyambaga ubwo yongeraga gusohokana n’umugabo we Bishop Gafaranga umaze iminsi mike avuye muri...
Read MoreIcyamamare Mike Tyson yavuze ku rugendo rwe yagiriye muri Congo
Mike Tyson, Umukinnyi w’icyamamare mu iteramakofe ku isi ubifatanya no gukina filime, yagaragaje ko yakozwe ku mutima no kugaruka mu gihugu cya...
Read MoreLionel Messi yasinye amasezerano mashya muri Inter Miami
Lionel Messi yasinyiye ikipe ya Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , amasezerano azamugeza muri 2028 akuraho ibihuba byo gusubira muri...
Read MoreVirgil van Dijk yasobanuye iby’inama yatumijeho y’abakinnyi
Kapiteni wa Liverpool, Virgil van Dijk, yatangaje ko yatumijeho inama y’abakinnyi nyuma yo gutsindwa na Manchester United ku Cyumweru gishize, ariko...
Read MoreFERWAFA yiyemeje gufatanya na RIB mu guca ibyaha muri ruhago
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko riri mu biganiro bya nyuma n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), hagamijwe...
Read MoreIbikorwa by’igisirikare cya Congo biratanga ibirari ko Uvira bishobora gukomera
Brig. Gen. Ilunga Kabamba Jean-Jacques na Brig. Gen. Amuli Civiri, bageze mu mujyi wa Uvira baturutse i Bujumbura mu Burundi, aho boherejwe na...
Read MoreYafashe icyemezo cyo kwiyahura nyuma yo kuzahazwa n’amadeni yatewe no gutega
Mu Karere ka Rutsiro haravugwa inkuru ibabaje y’umusore w’imyaka 24 witwa Tugirimana Martin, wasanzwe amanitse mu mugozi muri butike ye...
Read MoreAmerika yatanze amakuru atanga icyizere ku kwiyunga k’u Rwanda na Congo
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeje ko igihugu cy’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo bamaze gutera intambwe igana ku gukuriranaho...
Read More