Afhamia Lotfi yahaye nyirantarengwa Rayon Sports!
Afhamia Lotfi wahoze atoza ikipe ya Rayon Sports, yandikiye ubuyobozi bw’iyi kipe abasaba ko bamusubiza mu nshingano ze bitarenze amasaha 48, niba...
Read MoreIbihembo bya CAF bigiye kuzana mu ihangana Achraf Hakimi na Mohamed Salah
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi icumi bashobora kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umwaka...
Read MoreHamenyekanye abantu bamaze kugwa mu mpanuka ikomeye yabaye mu ijoro ryakeye
Polisi ya Uganda yatangaje ko abantu nibura 46 bapfuye ubwo amabisi abiri n’izindi modoka ebyiri zagonganaga kuri uyu wa Gatatu wa tariki 22...
Read MoreIbikorwa by’igisirikare cya Congo byongeye gusembura M23
Umutwe wa M23 urashinje leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kurenga ku masezerano y’agahenge bagiranye, ndetse no guhonyora ibiganiro bya Doha...
Read MoreIgisirikare cya Congo cyanyomoje amakuru y’ibihuha aherutse gutangazwa
Ubuyobozi bw’igisirikare cya Repubulika ya Demokasi ya Congo(FARDC) bwatangaje ko amakuru yakwirakwiye avuga ko hari kwimurwa intwaro...
Read MoreU Bufaransa bwagaragaje umuti bwavugutiye ikibazo cy’umutekano wa Congo
Igihugu cy’Ubufaransa kiri muri gahunda yo gutegura inama igamije gushaka umuti urambye ku bibazo bimaze igihe bihangayikishije Uburasirazuba...
Read MoreHansi Flick yatangaje ibyatunguye benshi ku mukino yatsinzemo Girona
Ku wa Gatandatu ushize, umutoza wa FC Barcelona, Hansi Flick, yerekanye amarangamutima adasanzwe ubwo ikipe ye yakinaga na Girona, ibintu byatumye...
Read MoreUmuvugabutumwa wagaragaye abwira Abakirisitu gutange amafaranga Imana ikabakubire kabiri yatawe muri yombi
Bucyanayandi Emmanuel wagaragaye mu mashusho arimo gusaba umukirisitu amafaranga yavanye kuri banki nk’ikiguzi cyo kugira ngo adapfa yatawe muri...
Read MoreIbikorwa by’igisirikare cya Congo byaciye amarenga y’ifatwa rya Uvira
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangiye kwimura ibikoresho byazo bya gisirikare zibijyana mu gihugu cy’uburundi ...
Read MorePerezida ushaje cyane muri Afurika yongeye gutorerwa kuba perezida!
Komisiyo y’amatora muri Cameroon yemeje ko umukambwe Paul Biya ari we wongeye gutsinda amatora y’umukuru w’igihugu ku majwi ari...
Read More