UMUTSINZI TV

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko ibihumbi by’ingabo z’u Burundi hamwe n’imitwe yitwara gisirikare ifitanye isano na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) byashyize hamwe mu bitero bikomeye byagabwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, bigamije guhindura isura y’intambara hakoreshejwe imbaraga za gisirikare aho kubahiriza ibiganiro by’amahoro byari biri kuba.