Pastor Alice NYIRABAGENZI Umenyerewe Mu Ivugabutumwa Ryo Munsengero no Kuri Youtube n’Izindi Mbuga Nkoranyambaga Aho Yitwaga (Evangelist Maman Lionel& Gifaru) Yagizwe Pastor Mu Itorero CHRISTIAN FAMILY CHURCH INTERNATIONAL Riyoborwa na Apotre NDIKUBWIMANA David,Uyu Mubyeyi Yavugishije Imbuga nkoranyambaga Bacika Ururondogoro.

Kuri Uyu wa 2 Kanama 2025, Uwahoze ari Evangelist Maman Lionel Ahinduriwe Izina Aba Pastor Alice Nyirabagenzi, Nyuma y’Imyaka 22 Ari Umuvugabutumwa Kurwego rw’Igihugu cy’U Rwanda no Hanze Yagiye Atumirwa Ahakomeye Na Horoheje, Muriho Twavuga UBURUNDI,UGANDA,AFURIKA y’EPFO,ZIMBABWE,ZAMBIYA, KENYA….

Uyu Mubyeyi Navugako Kuba ADEPR Yaramuhombye Ari Ukunyarwa Zigahera kuko Yakoreshejwe Ibitangaza Bikomeye ” Twavuga Nko Kuguruka Murusengero I Kibabara,Yagiye akiza Indwara zikomeye zananiranye,Kuzingura Abagore n”Abakobwa Kunzingo zubwoko bwose,Yagiye Anarutsa abantu Amarozi BAri Babahaye, Anigisha Abantu ko Bagomba Kumenya Ku Isengera Kuko Impano y’Imana Ihabwa Abayishaka Nabayikunda.

Reka Tuvuge Kumirimo Yagiye Akorera Imana,Bijya Gutangira Kuko yari yarakowe n’Umugabo We Babana bakaba Babyaranye Abana(3) Abahungu (2) n”Umukobwa(1),Uku Gutinda Gushaka Rero kuko byafashe Imyaka cumi 11 Ategereje Umugabo wamukoye, Yahuye Nibihe Byiza Byo Gusenga Aho yaje Gufata Ibishingiranywa byose Yari yaraguze Abijyana Murusengero kugirango bajye babyakiriraho Abashyitsi Mbese ngo bikore Umurimo w’Imana.
Kandi Uyu mu Mubyeyi Pastor Alice Yafashe Abana Bose Bo Muri kamwe mu Mukagari Atuyemo ko MU MURENGE wa JABANA Bari Badafite Imirire Myiza Abakura Mu MUTUKU Ubu Abana Bameze Neza, Yambitse abakobwa Babyariye Iwabo, Yafashije Kwambara Abapfakazi Ndetse Nabakene Abo Yashobojwe Yabahaye Icyo Kurya ntibicwa n’Inzara.
Igikomeye muribyo byose Muri rwarukundo afitanye n’Umugabo we,Aha Yagiye Gusengera Umukecuru Ushaje Atagira Abamwitaho,Asanga yaraboreye Munzu Niko Kuvugana n’Umugabo Bashakanye Basanga Bakwiye Kumuzana Murugo, Bakamwitaho Nk’Umubyeyi Imana Yari Ibihereye Ngo Bamukorereho Umugisha. Bamumaranye Amezi 2 Bamumenyera Byose Barmwondora,Baramwoza,Baramuvuza…. Aha Yavuzeko Bwari Ubutwari Nkuko ijambo ry’Imana Ryabasaga Kwita Kubabaye.

Uyu Pastor Alice Azwiho Kururutsa Imitima Yabumva Ijambo ry’Imana Aho Iyo y’igisha Utaburamo Ijambo ry”ubwenge ndetse Nokumenya Gusetsa Kuburyo iyo umukurikiye Utapfa Gusinzira Kuko Ahora Mumavuta Kuko Avugako Yifitiye Umugabo Imana Yamuhaye Utuma ahora Yaka Kuko Bibaniye Nkamarayika Murinziwe, Bigatuma Ahorana Amavuta Kuburyo Kumva No kureba Aho Yabwirije uba wumva Akwinjiza Mu Mavuta Neza.

Twaganiriye n”Umushumba Wamwimitse APOTRE KUBWIMANA David, Akaba Umushumba Wa Maman Lionel Akaba Ari Nawe Wamuhaye Ubupastoro,Atubwira Imvamutima Nk’Umushumba wa Mwimitse Ati’Pastor Alice Ndi Umushumba we Mukuru Umuyoboye Igihe Kitari Gito, Ndetse Na Mbere yuko Muyobora Muzi Igihe Kinini Mu Murimo w’Imana Ni Umupasitorikazi wari ubikwiye ,Kuko Afite Umuhamagaro wo Gukorera Imana,Sinibyo Nkumushumba w’Umunyamwuka Narasenze Imana Mbere yo Ku Mwimika, Inyemezako Ngomba k’Umwimika,Ikirenze Kuri Icyo Ndi Umwanditsi w”Ibitabo Sinari kwimika Umupasitorikazi Utarigishijwe,Mfite Rero Ishuri Nkorana Naryo riri Mpuzamahanga (International)

Mukwigisha Bibiliya Yera no Guhugura ABIGISHA n’ABAVUGABUTUMWA ku ISI Yose ryitwa WEA(World Evangelical Alliance). Pastor Alice Yizemo Ubuyobozi n’Ivugabutumwa,Ikindi kandi ni Umushumba Uzi kugisha Inama No Kuzigirwa Kurwego Rwabayobozi Bakuru,Asoza Atubwirako Ibi byose Byamuhaga Uburenganzira Bwuko Akwiriye Kumugira Umushumba Nubwo Hari Abavugako Amatorero Yabo Afunze Siko Biri Kuko Bafunze Make Ariko andi Arakora. Rero Ntabwo Ari Inzererezi Nkuko Bamwe Babyita.


Uyu Pastor Alice NYIRABAGENZI wa HAwe Ubusasaridoti Bw’Ubumisiyoneri Yanyuze muri byinshi Harimo Gusonza,Gutukwa No Guharabikwa Ibitaribyo Mu Ivugabutumwa Ariko Ibyo Byose Yarushijeho Gusenga Imana Ikamubwirako Adakwiye Kwirwanirira Areka Abamuvugaho Ibitaribyo nibwo Ukuri kwaje Gutsinda Ibinyoma Kandi Agasigara Ahagaze Kuri Yesu kristo wa Nazareti w’Amuhamagaye.
Ubuzima Bwose Bwa Pastori Alice NYIRABAGENZI Yatubwiyeko yahawe Icyerekezo n’Imana na Leta Y’Ubumwe Bwa Banyarwanda, Kuko Nibo Babonyeko Akwiriye Kandi Ageze Igihe cyo Kuba Umushumba,Yemeye Uyu Mubyeyi Kurya Akagabuye Kugirango Umurimo w’Imana Ukorwe Ntakizinga N’Umunyari Mu Maso yabo Yatumweho,ahubwo Bicye Yari Afite Akabisangira N’abababaye,Yemeye Gukena No Gusonza Kugirango Ataba Igitutsi mubo Yabwirizaga,Kugeza Aho Yajyaga Kubwiriza Ashonje Aherutse Kubyara Bakamusezerera Bamubusabiye Umugisha Gusa, Kuburyo Harubwo Yanaburaga N’itike Imugarura Murugo Agahamagara Umugabo Akaba Ariwe Umuha Itike.

Yasoje Ashimira Lete Y’Ubumwe n’Amadini n’Amatorero bakomeje Gukorana nawe Mukugeza Ubutumwa Kuri bose Kandi Akabamenyesha Yesu, Aha Yanashimiye Abantu bose Bifatanije Nawe Mu Muhango wo Kumwimika















Dore Ikiganiro Twagiranye