Menya ahantu hashya AFC/M23 iri gutegura kugaba ibitero muri Kivu y’Amajyaruguru
Nyuma y’uko umutwe wa AFC/M23 utangaje ko ugiye kwikura mu mujyi wa Uvira ku bushake bisabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, igihugu...
Read MorePolisi y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku mashusho agaragaza umuntu ashyirwa muri pandagari mu buryo buteye impungenge
Polisi y’u Rwanda yavuze ko Abapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri pandagari mu Karere ka Rubavu, batangiye gukurikiranwa kuko uburyo babikozemo...
Read MoreU Burundi bwagize icyo buvuga ku mugambi wa AFC/M23 wo kuva muri Uvira
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Édouard Bizimana, yagaragaje ko ashidikanya ku mugambi wa AFC/M23 yatangaje wo kuva mu mujyi wa Uvira...
Read MoreDonald Trump yatangiye urubanza na BBC
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatanze ikirego cya miliyari 5 z’Amadolari ( 3.7 £) arega BBC kubera guhindura ijambo rye ryo...
Read MoreGicumbi: Abantu batatu baturikanywe n’igikekwa ko ari igisasu
Abana batatu bavuka mu Murenge wa Cyumba mu Karere ka Gicumbi bari bari gushaka inkwi mu ishyamba baturikanwe n’ikintu bikekwa ko ari grenade...
Read MoreFDLR ikomeje kuyogoza Uburasirazuba bwa Kongo
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Ukuboza, inyeshyamba zo mu mutwe wa FDLR zagabye igitero mu mudugudu wa Tuonane wo muri Teritwari ya Walikale muri...
Read MoreHatangajwe abantu baburiye ubuzima mu mpanuka ikomeye yabaye ku modoka yerekezaga i Kigali
Imodoka itwara abagenzi ya sosiyete Trinity Express, yari iri mu rugendo ruvuye i Kampala yerekeza i Kigali, yakoze impanuka ikomeye mu Karere ka...
Read MoreAFC/M23 yazibukiriye kuri Uvira nyuma y’igitutu cya Amerika
Ihuriro AFC/M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ryemeye gukura abasirikare baryo mu Mujyi wa Uvira...
Read MoreMenya ibyavugiwe mu kiganiro leta ya Congo yagiranye n’abadipolomate nyuma y’ikiganiro nk’iki u Rwanda n’u Burundi nabo bakoze
“Igitero cy’inyeshyamba za AFC/M23, zishyigikiwe n’ingabo z’u Rwanda, cyatumye hafatwa umujyi wa Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, kikaba...
Read MorePapa yagize icyo avuga ku makimbirane yakajije umurego mu Burasirazuba bwa Congo
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Léon kuri iki Cyumwwru tariki 14 Ukuboza 2025, yatangaje ko “ahangayitse cyane” kubera imirwano...
Read More