Paul Kagame yazamuye abasirikare mu ntera
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abasirikare bafite amapeti atandukanye, bahabwa ayisumbuyeho....
Read MoreAFC/M23 yageneye ubutumwa igisirikare cy’u Burundi
Ihuriro AFC/M23 riravuga ko nubwo abasirikare benshi b’u Burundi basubiye mu gihugu cyabo hari abandi banze kuva ku butaka bwa Congo bakomeje...
Read MoreRIB yafunze ushinjwa gusambanya abanyeshuri ashinzwe
Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB rwafunze umukozi ushinzwe imyitwarire y’abanyeshuri “Animateur” mu ishuri ryisumbuye rya Saint Trinité de Ruhango...
Read MoreFARDC yongeye kwamburwa utundi duce nyuma yo kwamburwa Uvira
Amakuru mashya aturuka mu gace ka Ndondo, gaherereye muri gurupema ya Bijombo muri teritware ya Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo, arerekana...
Read MoreAFC/M23 yemeje urupfu rw’umwe mu bayobozi bayo b’ingenzi
Magloire Paluku, wari Umujyanama mu by’Itumanaho wa Corneille Nangaa, umuhuzabikorwa w’ihuriro AFC/M23, yarasiwe mu mujyi wa Goma ku mugoroba wo ku...
Read MoreGuverinoma y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku bimaze iminsi bibera muri kivu y’Amajyepfo
Guverinoma y’u Rwanda iratangaza ko Repubulika ya Demokarasi ya Congo idakwiye kwegeka ku Rwanda ibikorwa byo kurenga ku gahenge, nyuma yuko muri...
Read MoreAmerika yahaye gasopo AFC/M23
Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse n’u Burayi byamaganye ndetse bisaba ihagarikwa ry’ibitero bya AFC/M23 mu Burasirazuba bwa...
Read MoreCongo: Uwashakaga kuba umudepiti yagaragaje ko ashyigikiye AFC/M23
Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye kugaragara ku mugaragaro atangaza ko ashyigikiye ihuriro rya...
Read MoreM23 yagaragaje ikigiye gukurikira nyuma yo gufata Uvira
Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no hino muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ari...
Read MoreManzi Thierry na Bizimana Djihad bongeye kwandika amateka muri Libya
Al Ahli Tripoli ikinamo abakinnyi babiri b’ikipe y’igihugu Amavubi, Manzi Thierry na Bizimana Djihad yongeye kwandika amateka muri ruhago yo muri...
Read More