Abanyeshuri 25 biga muri Green Hills batawe muri yombi
Abanyeshuri 25 biga muri Green Hills International College yo mu ntara ya Gitega mu gihugu cy’u Burundi batawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma...
Read MoreVirgil van Dijk yasobanuye iby’inama yatumijeho y’abakinnyi
Kapiteni wa Liverpool, Virgil van Dijk, yatangaje ko yatumijeho inama y’abakinnyi nyuma yo gutsindwa na Manchester United ku Cyumweru gishize, ariko...
Read MoreFERWAFA yiyemeje gufatanya na RIB mu guca ibyaha muri ruhago
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko riri mu biganiro bya nyuma n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), hagamijwe...
Read MoreIbikorwa by’igisirikare cya Congo biratanga ibirari ko Uvira bishobora gukomera
Brig. Gen. Ilunga Kabamba Jean-Jacques na Brig. Gen. Amuli Civiri, bageze mu mujyi wa Uvira baturutse i Bujumbura mu Burundi, aho boherejwe na...
Read MoreYafashe icyemezo cyo kwiyahura nyuma yo kuzahazwa n’amadeni yatewe no gutega
Mu Karere ka Rutsiro haravugwa inkuru ibabaje y’umusore w’imyaka 24 witwa Tugirimana Martin, wasanzwe amanitse mu mugozi muri butike ye...
Read MoreAmerika yatanze amakuru atanga icyizere ku kwiyunga k’u Rwanda na Congo
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeje ko igihugu cy’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo bamaze gutera intambwe igana ku gukuriranaho...
Read MoreIbihembo bya CAF bigiye kuzana mu ihangana Achraf Hakimi na Mohamed Salah
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi icumi bashobora kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umwaka...
Read MoreHamenyekanye abantu bamaze kugwa mu mpanuka ikomeye yabaye mu ijoro ryakeye
Polisi ya Uganda yatangaje ko abantu nibura 46 bapfuye ubwo amabisi abiri n’izindi modoka ebyiri zagonganaga kuri uyu wa Gatatu wa tariki 22...
Read MoreIbikorwa by’igisirikare cya Congo byongeye gusembura M23
Umutwe wa M23 urashinje leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kurenga ku masezerano y’agahenge bagiranye, ndetse no guhonyora ibiganiro bya Doha...
Read MoreIgisirikare cya Congo cyanyomoje amakuru y’ibihuha aherutse gutangazwa
Ubuyobozi bw’igisirikare cya Repubulika ya Demokasi ya Congo(FARDC) bwatangaje ko amakuru yakwirakwiye avuga ko hari kwimurwa intwaro...
Read More