Aaron Ramsey wa kiniye Arsenal yashyizeho intego y’amafaranga yatangaje benshi ku wamubonera imbwa ye!
Umukinnyi w’umupira w’amaguru ukomoka muri Wales, Aaron Ramsey, yashyizeho akayabo k’angana na 29,703,400 RWF nk’ igihembo ku muntu wese watanga...
Read MoreIgisubizo cyatanzwe na M23 ubwo yasabwaga kuva mu duce yafashe mu masezerano ya Doha
Ihuriro AFC/M23 rirwanya Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeje ko nta gahunda bafite yo kuva mu migi ibiri y’ingenzi bigaruriye ya ,...
Read MoreAmakuru agezweho ku ngabo z’u Rwanda ziri i Cabo Delgado muri Mozambique
Umuyobozi Mukuru wa Reserve Force mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), General Major Alexis Kagame, ari kumwe n’Umwungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe...
Read MoreAFC/M23 yagize icyo ivuga ku rupfu rwa Musenyeri Faustin Ngabu
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ryababajwe n’urupfu rwa Musenyeri Faustin Ngabu, wabaye...
Read MoreNyamasheke: Imyigaragambyo muri gereza yahoshejwe n’amasasu
Imyigaragambyo mu igororero rya Nyamasheke yahoshejwe n’amasasu yarashwe mu kirere. Ku wa 26 Ukwakira 2025, mu Igororero rya Nyamasheke habaye...
Read MoreUkuri ku makuru avuga ko M23 yaba yambuwe ikibuga cy’indege cya Kavumu
Ihuriro AFC/M23 ryanyomoje amakuru avugwa ko ryaba ryambuwe ikibuga cy’indege cya Kavumu giherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba...
Read MoreNgororero: Hamenyekanye umubare w’abamaze kuburira ubuzima mu mpanuka ikomeye ya hiace
Kuri iki Cyumweru tariki 26 Ukwakira 2025, mu ntara y’Amajyepfo mu karere ka Ngororero habereye impanuka ikomeye y’imodoka yo mu bwoko...
Read MoreCabo Delgado ahari ingabo z’u Rwanda hagiye gusubukurwa ibikorwa byari byarahagaze kubera umutekano
Muri iki Cyumweru gishize sosiyeti y’Abafaransa , TotalEnergies yemeje ko igiye gusubukura ibikorwa bayo byo gucukura gazi mu Ntara ya Cabo...
Read MoreU Burusiya bwongeye gukora ahababaza Ukraine
Igihugu cy’Uburusiya cyagabye igitero ku gihugu cya Ukraine mu murwa mukuru Kyiv gihitana abantu batatu abandi 32 barakomereka nk’uko...
Read MoreSudan: Inyeshyamba zirukanye ingabo za leta mu mugi ukomeye
Kuri iki Cyumweru tariki 26 Ukwakira 2025, abarwanyi b’umutwe wa Rapid Support Forces batangaje ko bafashe icyicaro gikuru cy’ingabo mu Mujyi wa...
Read More