Hamenyekanye amakuru mashya ku burwayi bwa Joe Biden
Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, ari gukorerwa ubuvuzi bwa ‘Radiation Therapy’ nk’igice cy’ubuvuzi bwa...
Read MoreMenya ubwoko bw’intwaro zikaze Koreya ya Ruguru yerekanye
Koreya ya Ruguru yashyize ahagaragara igikoresho gishya kandi “gikomeye kurusha ibindi” cyohereza misile mu ntera ndende (ICBM) mu birori...
Read MoreMenya ibihugu byo muri Afurika byanze kwakira abimukira badashakwa na Amerika
Igihugu cya Burkina Faso cyanze kwakira abimukira birukanwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku butaka bwayo nyuma y’uko ibihugu birimo u...
Read MoreMenya ubwoko bushya bwa AI ikora amashusho iri kubica bigacika
OpenAI yatangaje ko verisiyo nshya y’ubwenge bw’ubukorano (AI) bushobora guhindura amagambo mu mashusho yitwa Sora, yamaze gukururwa (downloaded)...
Read MoreIgisirikare cya Congo cyatangaje imyanzuro cyafatiye umutwe wa FDLR
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyasabye abarwanyi b’umutwe wa FDLR gushyira intwaro hasi bakishyikiriza inzego za...
Read MoreBarcelona yongeye kuvunikisha undi mukinnyi w’ingenzi
Ibibazo bikomeje kwiyongera kuri FC Barcelona bijyanye n’imvune, nyuma y’uko umwe mu bakinnyi bayo bakomeye yagize indi mvune nshya ari kumwe...
Read MoreIbikorwa bya FARDC na Wazalendo byo mu ijoro ryakeye byatumye abaturage batabaza M23
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane wa tariki 10 Ukwakira 2025, muri Kivu y’Amajyepfo hadutse imirwano yashyamiranyije Ingabo za Leta ya...
Read MoreHamenyekanye ibihano byafatiwe Mamadou Sy na Dauda Yussif
APR FC yatangaje ko yahagaritse abakinnyi babiri bayo, Mamadou Sy na Dauda Yussif Seidu, mu gihe cy’iminsi 30 kubera imyitwarire mibi bagaragaje ubwo...
Read MoreSudan y’Epfo iri gutanga ibimenyetso by’intambara nshya
Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir, yakuye ku mirimo umukuru w’ingabo z’igihugu asubizaho uwamubanjirije, ari na we yari yirukanye amezi atatu...
Read MorePerezida Félix Tshisekedi yatangaje icyatuma intambara muri iki gihugu irangira
Kuri uyu wa Kane wa tariki 9 Ukwakira 2025, mu nama ya Global Gateway Forum yabereye i Brussels mu Bubiligi, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi...
Read More