Umubikira wo muri Kenya akurikiranweho icyaha cyatunguye benshi
Urukiko rwa Meru kuri uyu wa kabiri wa tariki 14 Ukwakira 2025, ruzatangaza umwanzuro w’uko rwarekura cyangwa rukaburizamo ifungurwa...
Read MoreMenya abanyapolitiki bakomeye muri Congo bitabiriye inama y’ibanga yateguwe na Joseph Kabila
Kuri uyu wa Gatatu wa tariki 14 Ukwakira 2025, uwahoze ari perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Joseph Kabila yageze i Nairobi muri...
Read MoreU Rwanda rwongeye kugaragaze aho ruhagaza ku kibazo cy’umutekano muri Congo
Intumwa ya Repubulika y’u Rwanda muri Loni yavuze ko mu ishyirwa mu bikorwa ry’Amasezerano y’Amahoro iki gihugu cyasinyanye na Repubulika ya ...
Read MoreImirwano mishya ya M23 na Wazalendo ikona na FARDC yasize ibahaye kugenzura ibice bishya
Kuri uyu wa Mbere wa tariki 13 Ukwakira 2025, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo hongeye kwaduka imirwano hagati y’umutwe wa...
Read MoreFélix Tshisekedi yavuze impamvu yavanze ibibazo by’intambara mu nama y’ubukungu
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi yagaragaje ko yatandukiriye mu nama ya Global Gateway Forum yabereye i Brussels mu...
Read MoreAmerika n’u Bubiligi byanejejwe n’umwanzuro wa leta ya Congo
Umujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ku bibazo bya Afurika, Massad Boulos yagaragaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashimishijwe no kuba DR...
Read MoreFARDC na Wazalendo bongeye gukora ibikorwa byasembuye M23
Mu mpera z’icyumweru gishize hongeye kwaduka imirwano hagati y’ingabo za Repubulika ya Demokasi ya Congo(FARDC) na Wazalendo muri...
Read MoreHatowe umuyobozi mushya w’Ijabo Ryawe Rwanda icyizere cya ruhago y’u Rwanda
kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 11 Ukwakira 2025, muri Hilltop Hotel habereye Inteko Rusange idasanzwe y’Ihuriro ry’Amarerero yigisha abana gukina...
Read MoreLiverpool ikomeje kwibasirwa n’ibibazo by’imvune
Ibrahima Konate, myugariro w’ikipe ya Liverpool, yavuye mu ikipe y’igihugu y’u Bufaransa igitaraganya kubera imvune yo ku kibero cy’ukuguru...
Read MoreHamenyekanye amakuru mashya kuri gahunda yo guhagarika Israel muri ruhago
Amajwi ari gusaba ko Israel ihagarikwa mu marushanwa ya ruhago yo ku mugabane w’u Burayi yongeye kuzamuka nyuma y’umunsi umwe amasezerano yo...
Read More