Abibaga amatiki ikipe ya Liverpool bafunzwe
Urukiko rwa Liverpool Crown Court rwakatiye abagabo batanu igifungo nyuma yo kubahamya icyaha cyo gucura umugambi wo gukora uburiganya bushingiye ku...
Read MoreMikel Arteta yahawe amahirwe yo kongera kwikiranura na Enzo Maresca
Irushanwa rya Carabao Cup rigeze aho rukomeye cyane, aho amakipe ane asigaye yitegura imikino ya ½. Nyuma ya tombola yabaye, byemejwe ko Newcastle...
Read MoreBenya byinshi utari uzi ku mutoza mushya wa Rayon Sports
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwemeza Umufaransa Bruno Ferry nk’umutoza mushya w’iyi kipe, ku masezerano y’amezi atandatu, mu rwego rwo kongera...
Read MoreFIFA yashyize igorora abashaka kuzajya kure igikombe cy’Isi
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA, ryatangaje ko ryashyizeho amatike mashya ahendutse angana na $60 (ni ukuvuga £45) ku mikino yose 104...
Read MoreUmunyarwanda yazamuwe mu kipe yakinagamo muri shampiyona ikomeye yo yanze ya Afurika
Umukinnyi w’umupira w’amaguru ufite inkomoko mu Rwanda akaba atuye muri Canada, Josh-Duc Nteziryayo, yamaze kuzamurwa mu ikipe nkuru ya CF Montréal...
Read MoreMenya uko u Rwanda rwatoye mu bihembo bya FIFA
Mu bihembo bya FIFA The Best 2025 byatangiwe i Doha ku wa Kabiri tariki ya 16 Ukuboza 2025, Abanyarwanda bagize uruhare rugaragara mu matora...
Read MoreI Kigali hagiye kubakwa ikibuga kigezweho cya Tennis
Umuryango Tennis Rwanda Children’s Foundation (TRCF) watangaje gahunda yo kubaka ikibuga cya tennis kizatwara amafaranga arenga miliyoni 65...
Read MoreAl Hilal SC yagaragaje icyatumye itsindwa na Rutsiro FC
Ikipe ya Al Hilal SC yahagaritswe mu rugendo rwo kudatsinzwa muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, nyuma yo gutsindwa na Rutsiro FC ibitego...
Read MoreMenya ibintu by’ingenzi udakwiye gucikwa byaranze ikiganiro n’itangazamakuru hagati ya Melodie na The Ben
Kuri uyu wa Mbere wa tariki 15 Ukuboza 2025, muri Car Free Zone mu mujyi wa Kigali yabereye ikiganiro n’itangazamakuru cyahurije ahamwe...
Read MoreUbutumwa bw’umutoza wa Bugesera kuri Rayon Sports
Bugesera FC yatsinze ikipe ya Rayon Sports mu mukino w’umunsi wa 11 wa shampiyona y’u Rwanda ibitego 2-1, ni umukino wabereye mu karere ka Bugesera...
Read More