Al Hilal SC yagaragaje icyatumye itsindwa na Rutsiro FC
Ikipe ya Al Hilal SC yahagaritswe mu rugendo rwo kudatsinzwa muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, nyuma yo gutsindwa na Rutsiro FC ibitego...
Read MoreMenya ibintu by’ingenzi udakwiye gucikwa byaranze ikiganiro n’itangazamakuru hagati ya Melodie na The Ben
Kuri uyu wa Mbere wa tariki 15 Ukuboza 2025, muri Car Free Zone mu mujyi wa Kigali yabereye ikiganiro n’itangazamakuru cyahurije ahamwe...
Read MoreUbutumwa bw’umutoza wa Bugesera kuri Rayon Sports
Bugesera FC yatsinze ikipe ya Rayon Sports mu mukino w’umunsi wa 11 wa shampiyona y’u Rwanda ibitego 2-1, ni umukino wabereye mu karere ka Bugesera...
Read MoreUmuyobozi wa Wazalendo yaremye agatima Abakongomani ku ngingo ya Uvira
Depite Willy Mishiki uri mu bahawe kuyobora abarwanyi b’inyeshyamba za Wazalendo, yatangaje ko mu minsi 18 iri imbere izo nyeshyamba zigomba kuba...
Read MoreUmutoza wa Chelsea yatangaje ko ubwoba bwari bwose mbere y’umukino wa Everton
Umutoza wa Chelsea, Enzo Maresca, yatangaje ko amasaha 48 yabanje umukino batsinze Everton ari yo mabi cyane yagize kuva yagera muri iyi kipe yo mu...
Read MoreRayon Sports mu nzira zo kubona umuzamu mushya usimbura Pavelh Ndzila
Rayon Sports iri mu myiteguro ikomeye yo kongerera imbaraga ikipe mbere y’uko isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi rya Mutarama 2026 rizafungura...
Read MoreHatangajwe umushinga urimo FERWAFA na FIFA utanga icyizere kuri ruhago y’u Rwanda
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ku mugaragaro ubufatanye bushya bwa imyaka ibiri na FIFA bugamije guteza imbere...
Read MoreFIFA yatangaje aho amatiki y’igikombe cy’Isi ageze agurwa
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi [FIFA], yatangaje ko imaze kwakira ubusabe burenga miliyoni eshanu bw’abashaka kugura amatike...
Read MoreArne Slot mu nzira zo kwiyunga na Mohamed Salah
Umutoza wa Liverpool, Arne Slot, yatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu agomba kugirana ikiganiro cyihariye na Mohamed Salah kugira ngo...
Read MoreRutahizamu wa Al Hilal yageneye ubutumwa APR FC na Rayon Sports
Umukinnyi w’Umurundi ukinira Al Hilal yo muri Sudani, Girumugisha Jean Claude, yatangaje ko intego ye n’iy’ikipe ari ugukora ibishoboka byose...
Read More