Umutoza wa Real Madrid Xabi Alonso arakomererwe
Real Madrid yaraye itunguwe na Celta Vigo muri La Liga, itsindwa mu mukino warangiye ari abakinnyi icyenda mu kibuga, bituma igitutu ku mutoza Xabi...
Read MoreLiverpool yongeye guhura n’ibizazane
Tom Hicks, wahoze ari umwe mu banyamigabane bakuru ba Liverpool FC, yitabye Imana afite imyaka 79, nk’uko byatangajwe n’umuryango we. Hicks yapfiriye...
Read MoreFIFA yakoreye ikintu Donald Trump cyatunguye benshi
Mu muhango wabereye mu Mujyi wa Washington, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyikirijwe igihembo cy’Amahoro gitangwa...
Read MoreHatangajwe amakipe afite amahirwe yo gutwara igikombe cy’Isi kuruta andi
Amakipe azitabira irushanwa ry’igikombe cy’isi cya 2026 cyizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada na Mexico yashyizwe mu matsinda ; Dore...
Read MoreRuben Amorim yagize icyo avuga ku kwima umwanya Kobbie Mainoo
Umutoza wa Manchester United, Ruben Amorim, yihagazeho ku cyemezo cyo kudakoresha Kobbie Mainoo, nyuma y’uko uyu mukinnyi wo hagati yongeye kurangiza...
Read MoreBizimana Djihad na Manzi Thierry bakoreye amateka muri Libya
Al Ahli Tripoli yo muri Libya, ikinamo Abanyarwanda Bizimana Djihad na Manzi Thierry, yegukanye Igikombe cya Libya Cup itsinze Al Ahli Benghazi...
Read MorePavelh Ndzila yikomye abanyamakuru
Umunyezamu wa Rayon Sports, Pavelh Ndzila, ukomoka muri Congo Brazzaville, yongeye kuzamura impaka nyuma yo kunenga bikomeye zimwe mu mvugo...
Read MoreHamenyekanye impamvu Fall Ngagne atari gukina
Rutahizamu ukomoka muri Senegal, Fall Ngagne, akomeje guteza urujijo mu bafana ba Rayon Sports n’ubuyobozi b’iyi kipe, nyuma y’aho byemejwe ko yakize...
Read MoreAmakuru meza kuri Jojea Kwizera w’ikipe y’igihugu
Umukinnyi wo hagati w’Umunyarwanda, Jojea Kwizera, yongeye amasezerano mashya agomba kumugeze mu mpera za 2026 ari muri Rhode Island FC yo muri Leta...
Read MoreUmutoza wa Chelsea yagize icyo avuga ku myitwarire ya Willian Estevão
Umutoza wa Chelsea, Enzo Maresca, yavuze ko umusore muto w’Umunyabrezili Willian Estevão ari kwiga mu buryo bubi ariko bukenewe nyuma yo gukurwa mu...
Read More