Umuhungu wa Thiago Silva yasinyiye ikipe yo muri premier League
Isago Silva, umuhungu w’icyamamare Thiago Silva wahoze akinira Brazil n’ikipe ya Chelsea, yamaze gushyira umukono ku masezerano ye ya mbere y’umwuga...
Read MoreUmunyamabanga mushya wa FERWAFA yagaragaje imigambi afitiye ruhago
Umunyamabanga Mukuru mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Bonnie Mugabe, yatangaje ko yinjiye muri iri shyirahamwe azi...
Read MoreTour du Rwanda yahawe imbaraga
Ishyirahamwe ry’Umukino wo Gusiganwa ku Magare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje ko Nkurayija Hubert ari we uhawe inshingano zo kuba Umuhuzabikorwa...
Read MoreKNC yagaragaje ko yagize uruhare mu musaruro mwiza wa Saint Eloi Lupopo imbere ya Al Hilal
Umuyobozi wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles (KNC), yatangaje ko yagiriye inama umutoza wa Saint Eloi Lupopo, Guy Bukasa, mbere y’umukino...
Read MoreUmutoza wa Tottenham Hotspur yasabye abafana kwitwararika mu mivugire
Umutoza wa Tottenham Hotspur, Thomas Frank, yasabye imbabazi ariko anacyaha abafana b’ikipe ye nyuma y’uko bamwe muri bo bagaragaje umujinya...
Read MoreEritrea yihariye ibihembo bya Africa Cycling Excellence Awards
Ku mugoroba wo ku wa 29 Ugushyingo 2025, muri Zaria Court hatangwaga ku nshuro ya mbere ibihembo bya Africa Cycling Excellence Awards (ACEA)...
Read MoreUmunyamakuru wa B&B Kigali FM yahawe inshingano muri FERWAFA
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryongereye imbaraga mu miyoborere y’iterambere rya ruhago, ritangiza komite nshya zigamije...
Read MoreByose ukeneye kumenya mbere yuko Chelsea na Arsenal zicakirana
Chelsea irakira Arsenal ku mugoroba wo kuri iki cyumweru saa 18:30, kuri Stamford Bridge mu mukino ugaragara nk’usobanura byinshi ku mpande zombi...
Read MoreUmutoza wa APR FC yagaragaje mu buryo bwahuranyije inkomoko y’umusaruro nkene w’iyi kipe
Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, ikipe ya APR FC yongeye gushidikanywaho n’abakunzi bayo nyuma yo kunganya na AS Kigali igitego 1–1, mu mukino w’Umunsi...
Read MoreAmakuru agezweho kuri Cole Palmer
Umukinnyi ukomeye wa Chelsea, Cole Palmer, yakize neza kandi yiteguye gukina umukino ukomeye wo ku Cyumweru ikipe ye izakiramo Arsenal kuri Stamford...
Read More