Hamenyekanye ugomba gusimbura Kalisa Adolphe ‘Camarade’ muri FERWAFA
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 22 Ugushyingo 2025, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Bonnie Mugabe yagizwe...
Read MoreHatangajwe icyemezo ku ifungwa n’ifungurwa rya Kalisa Adolphe ‘Camarade’
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwasomye umwanzuo wa nyuma ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rwa Kalisa Adolphe Camarade, wahoze ari Umunyamabanga...
Read MoreUmutoza wa Rayon Sports yateguje impinduka zikomeye muri 11
Umutoza wa Rayon Sports, Haruna Ferouz, yatangaje ko hitezwe impinduka zikomeye mu bakinnyi 11 bazatangira ku mukino iyi kipe izakiramo AS Kigali...
Read MoreIkipe ya Al Hilal SC yageneye ubutumwa perezida w’u Rwanda
Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani, imaze iminsi ikorera ibikorwa byayo mu Rwanda, yatangaje ko yiteguye umukino wa mbere w’Itsinda C muri CAF...
Read MoreUmukinnyi w’Umunyarwanda ashobora kwerekeza muri Serie A
Umukinnyi mpuzamahanga w’u Rwanda, Hakim Sahabo, ukinira Standard de Liège mu Bubiligi, akomeje gukurura amaso y’amakipe akomeye ku mugabane w’u...
Read MoreKNC yongeye kwikoma FERWAFA
Perezida wa Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles (KNC), yongeye kugaragaza impungenge ku mikorere y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda...
Read MoreSamuel Eto’o yashyizwe ku ruhande muri ruhago ya Cameroun
Mu gihe hasigaye iminsi mike ngo habe amatora azashyiraho Perezida mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroun (FECAFOOT), Samuel...
Read MoreManchester United igiye gusubira mu buzima bwo kutagira rutahizamu
Manchester United yongeye kwisanga mu bibazo by’imvune nyuma y’aho rutahizamu Benjamin Sesko yavunikiye mu mukino banganyijemo na Tottenham Hotspur...
Read MoreMenya intwaro zatangiye imyitoza muri APR FC
APR FC, yongeye gusubukura imyitozo yayo ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 17 Ugushyingo 2025, nyuma y’ikiruhuko cy’umunsi umwe cyari cyahawe...
Read MoreIkipe ya Yanga Africans yamaze guha akazi kizigenza Pisto Mosimane
Ikipe ya Yanga Africans yo muri Tanzaniya yamaze guha akazi umutoza ukomeye muri Afurika no ku Isi mu makipe y’abato babo batarengeje imyaka...
Read More