Lionel Messi yagize icyo avuga ku gusezera kwe
Lionel Messi yongeye kugaragaza ko igihe cye cyo gusezera umupira w’amaguru kitaragera ubwo yari nama y’ubucuruzi yiswe ‘American Business Forum’...
Read MoreAbazaca urubanza ku mukino wa APR FC na Rayon Sports bamenyekanye
Tariki ya 8 Ugushyingo 2025, Ikipe ya APR Fc izakira ikipe ya Rayon Sports muri Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda. Ni umukino uruta iyindi mu...
Read MoreUmutoza wa APR FC yasabye FERWAFA kwikubita agashyi!
Umutoza wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongeye gusaba Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ko ryakwigira ku makosa y’imisifurire amaze...
Read MoreINSIDER-Ikipe ya Bugesera yafashe umwanzuro wo kwanga gukina na Al Hilal Omdurman yo muri Sudani
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) yongeye kuzamo impaka ndende nyuma y’uko Bugesera FC yanze gukina umukino yagombaga...
Read MoreAMAFOTO-Irebere ubwiza ba hotel nshya ya FERWAFA
Nyuma y’imyaka 11 yose ibikorwa byo kubaka bitangiye ariko bitajya mu ngiro, kera kabaye Hoteli y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda...
Read MoreUko imvune ya Viktor Gyokeres ihagaze
Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yatangaje ko afite impungenge zikomeye kuri rutahizamu we w’Umunyasuwede Viktor Gyokeres, nyuma y’uko akomerekeye...
Read MoreIkipe ya Rayon Sports yagize intsinzi yazanye n’ibibazo
Umwuka w’ibyishimo waranze abafana ba Rayon Sports bari mu karere ka Rubavu kuri iki Cyumweru tariki ya 2 Ugushyingo 2025, ubwo ikipe yabo yatsindaga...
Read MoreAbafana ba Rayon Sports bafatiye ibyemezo abayobozi babo
Mu gihe ikipe ya Rayon Sports ikomeje kugaragaza umwuka mubi mu buyobozi bwayo, abakunzi n’abafana bayo bafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba ko...
Read MoreHavutse kutumvikana hagati y’abakinnyi n’umutoza muri Tottenham Hotspur
Ikipe ya Tottenham Hotspur yongeye gutakaza amanota ku mukino wayihuje na Chelsea, warangiye itsinzwe igitego 1–0 kuri sitade yayo iherereye i...
Read MoreHamenyekanye ahazaza h’urukundo rwa Lamine Yamal na Nicki Nicole
Umukinnyi wa FC Barcelona Lamine Yamal, yatangaje ko iby’urukundo rwe na Nicki Nicole byashyizweho akadomo bishimisha bamwe mu bafana ba FC...
Read More