Iby’ingenzi byo kumenya ku mikino ya CHAN 2024 kugeza ubu!
Kuri uyu wa Kabiri wa tariki 19 Kanama 2025, ni bwo hashyizwe akadomo ku mikino y’icyiciro cy’amatsinda mu mikino Nyafurika...
Read MoreBayer Leverkusen ya Ten Hag mu nzira zo gusinyisha inyenyeri ya Man City!
Ikipe yo mu Budage ya Bayer Leverkusen imaze kumvikana na Manchester City ku isinyishwa ry’umukinnyi wo hagati, Claudio Echeverri, ku buryo...
Read MoreKapiteni wa Tottenham Hotspurs yongereye amasezerano
Kapiteni wa Tottenham Hotspur, Cristian Romero, yamaze gushyira umukono ku masezerano mashya y’imyaka ine azamugeza muri 2029, agaragaza ko ahazaza...
Read MoreGuy Bukasa waciye muri Rayon Sports yabonye akazi gashya
Ikipe ya FC Saint Eloi Lupopo yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko yamaze guhabwa inshingano Guy Bukasa zo kuyitoza guhera mu...
Read MoreFIFA yagize icyo ivuga ku byabaye ku mukino wa Liverpool na Bournemouth
Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, yasohoye itangazo yamagana ivangura ruhu ryakorewe umukinnyi wa AFC Bournemouth akaba n’umukinnyi mpuzamahanga wa...
Read MorePolisi yataye muri yombi ukekwaho ibyabaye ku mukino wa Liverpool na Bournemouth
Umugabo w’imyaka 47 yatawe muri yombi nyuma y’uko umukino wa mbere wa Premier League wo ku wa Gatanu wahagaritswe by’akanya gato kubera ivangura...
Read MorePremier League : Newcastle iri mu nkubiri y’ibya Alexander Isak yananiwe gutsinda Aston Villa ituzuye !
Mu mukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona y’u Bwongereza waberaga kuri sitade ya Villa Park, ikipe ya Newcastle United yananiwe gutsinda Aston Villa...
Read MoreAmerika ikomeje kugirwaho impungenge ku ngingo yo kwakira igikombe cy’Isi
Igikombe cy’Isi cya 2026 kizakinirwa muri Amerika, Mexique na Canada Abafana ba Brazil bashobora kudahabwa viza Trump arimo gutekereza ku...
Read MoreJadon Sancho agiye kubona ikipe nshya
Ikipe ya AS Roma yo mu Butaliyani irimo kuganira n’iya Manchester United kugira ngo isinyishe burundu Jadon Sancho ku kayabo ka miliyoni £20, nyuma...
Read MoreIbyaha bishya ku wagonze abantu mu birori bya Liverpool
Paul Doyle, w’imyaka 53, ushinjwa ibyaha bijyanye n’isanganya yagaragayemo agonga abantu mu kivunge mu birori byo kwishimira igikombe cya...
Read More