Alexander Isak yahamagawe mu ikipe y’igihugu adakina !
Rutahizamu w’ikipe ya Newcastle United, Alexander Isak, yongeye guhamagarwa mu ikipe y’igihugu ya Sweden nubwo atarakina umukino n’umwe muri uyu...
Read MoreMukura VS iravugwa ku muzamu mushya mu gihe Nicolas Sebwato avugwa muri APR FC
Ikipe ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, Mukura VS, yamaze kumvikana n’umuzamu w’Umunya- Sénégal, Marc Philips Arona Diouf...
Read MoreRayon Sports yasinyishije umukinnyi mushya!
Iki ya Rayon Sports y’abagore ikomeje kwitegura CECAFA yo gushaka itike ya CAF Women’s Champions League yongeramo abakinnyi bashya bo...
Read MoreBorussia Dortmund yatangaje ko yibitseho bya burundu impano idasanzwe ivanye muri Chelsea
Borussia Dortmund yo mu Budage yatangaje ko yamaze gusinyisha umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza y’abatarengeje imyaka 21, Carney...
Read MoreRio Ngumoha warokoye Liverpool ni mukinnyi ki?
Mu mukino w’ishiraniro wabereye kuri sitade ya Newcastle United , St James’ Park, umukinnyi ukiri muto Rio Ngumoha yanditse amateka mashya mu mupira...
Read MoreBukayo Saka na Martin Odegaard ntabwo bazagaragara ku mukino wa Liverpool ku cyumweru !
Rutahizamu ukomeye w’ikipe ya Arsenal, Bukayo Saka ntago azagaragara mu mukino ukomeye wa shampiyona bazahuriramo na Liverpool ku cyumweru ndetse...
Read MoreBruno Fernandes yagaragaje impamvu yahushije penaliti!
Mu mukino wari utegerejwe n’abatari bake waberaga kuri sitade ya Craven Cottage, ikipe ya Manchester United yongeye kwerekana ko ifite ibibazo...
Read MoreBisa nk’ibyarangiye hagati ya Manchester City n’umuzamu Donnarumma
Manchester City yagaragaje ikibazo cy’umuzamu ku munsi w’ejo mu mukino yatsinzwemo na Tottenham Hotspurs ishobora gutungurana ikibikaho...
Read MoreIrushanwa rya CHAN 2024 rigeze he?
Imikino y’igikombe cya Afurika cy’abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024) iri kugana mu mahina aho yinjiye muri kimwe cya...
Read MoreArsenal yashimangiye ko yasinyishije indi ntwaro nshya!
Arsenal yemeje ko yasinyishije rutahizamu w’Ubwongereza Eberechi Eze imuvanye muri Crystal Palace. Uyu mukinnyi w’imyaka 27 yasinye amasezerano...
Read More