TRANSFER: Christopher Nkunku agiye kubisikana na Alejandro Garnacho muri Chelsea
Mu mpinduka zikomeye ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ku mugabane w’u Burayi, ikipe ya AC Milan yamaze kumvikana na Chelsea ku igura rya...
Read MoreIbikomerezwa bizitabira umukino wa nyuma wa CHAN 2024 muri Kenya
Umuyobozi mukuru w’Impuzamashyirahamwe ya Ruhago ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, birateganywa ko agomba kuzitabiri umukino wa nyuma wa CHAN...
Read MoreRuben Amorim yemeje ko hari ibigomba guhinduka muri Manchester United
Mu ijoro ryatunguye abatari bake, ikipe ya Manchester United yahuye n’akaga gakomeye ubwo yasezererwaga na Grimsby Town mu gikombe cya Carabao, nyuma...
Read MoreAlexander Isak yahamagawe mu ikipe y’igihugu adakina !
Rutahizamu w’ikipe ya Newcastle United, Alexander Isak, yongeye guhamagarwa mu ikipe y’igihugu ya Sweden nubwo atarakina umukino n’umwe muri uyu...
Read MoreMukura VS iravugwa ku muzamu mushya mu gihe Nicolas Sebwato avugwa muri APR FC
Ikipe ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, Mukura VS, yamaze kumvikana n’umuzamu w’Umunya- Sénégal, Marc Philips Arona Diouf...
Read MoreRayon Sports yasinyishije umukinnyi mushya!
Iki ya Rayon Sports y’abagore ikomeje kwitegura CECAFA yo gushaka itike ya CAF Women’s Champions League yongeramo abakinnyi bashya bo...
Read MoreBorussia Dortmund yatangaje ko yibitseho bya burundu impano idasanzwe ivanye muri Chelsea
Borussia Dortmund yo mu Budage yatangaje ko yamaze gusinyisha umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza y’abatarengeje imyaka 21, Carney...
Read MoreRio Ngumoha warokoye Liverpool ni mukinnyi ki?
Mu mukino w’ishiraniro wabereye kuri sitade ya Newcastle United , St James’ Park, umukinnyi ukiri muto Rio Ngumoha yanditse amateka mashya mu mupira...
Read MoreBukayo Saka na Martin Odegaard ntabwo bazagaragara ku mukino wa Liverpool ku cyumweru !
Rutahizamu ukomeye w’ikipe ya Arsenal, Bukayo Saka ntago azagaragara mu mukino ukomeye wa shampiyona bazahuriramo na Liverpool ku cyumweru ndetse...
Read MoreBruno Fernandes yagaragaje impamvu yahushije penaliti!
Mu mukino wari utegerejwe n’abatari bake waberaga kuri sitade ya Craven Cottage, ikipe ya Manchester United yongeye kwerekana ko ifite ibibazo...
Read More