Bisa nk’ibyarangiye hagati ya Manchester City n’umuzamu Donnarumma
Manchester City yagaragaje ikibazo cy’umuzamu ku munsi w’ejo mu mukino yatsinzwemo na Tottenham Hotspurs ishobora gutungurana ikibikaho...
Read MoreIrushanwa rya CHAN 2024 rigeze he?
Imikino y’igikombe cya Afurika cy’abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024) iri kugana mu mahina aho yinjiye muri kimwe cya...
Read MoreArsenal yashimangiye ko yasinyishije indi ntwaro nshya!
Arsenal yemeje ko yasinyishije rutahizamu w’Ubwongereza Eberechi Eze imuvanye muri Crystal Palace. Uyu mukinnyi w’imyaka 27 yasinye amasezerano...
Read MorePREMIER LEAGUE: Thomas Frank atunguye Guardiola amakubitira mu rugo adakozemo !
Tottenham Hotspur yongeye gutungura Manchester City ku kibuga cyayo, Etihad Stadium, itsinda umukino wa kabiri wikurikiranya muri Premier League...
Read MoreThomas Frank yatoboye avuga kuri Eberechi Eze wanze kwerekeza muri Tottenham Hotspur
Mu gihe isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rigeze mu minsi yaryo ya nyuma, ikipe ya Tottenham Hotspur ikomeje guhura n’imbogamizi mu gushaka...
Read MoreWan – Bissaka wa Westham yashyizwe mu bakinnyi ba DRC bagomba gucakirana na Senegal !
Umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Sébastien Désabre, yatangaje urutonde rw’abakinnyi 25 azifashisha mu mikino...
Read MoreAnge Postecoglou ashobora kugaruka muri Premier League
Umutoza w’ikipe ya Nottingham Forest, Nuno Espirito Santo, ntabwo yorohewe muri iyi kipe ndetse ashobora no gusezererwa agasimbuzwa Ange...
Read MoreAPR FC ikomeje kugaragaza urwego ruri hasi mu nkere y’abahizi
Imikino yateguwe na APR FC(Inkera y’Abahizi) yo kwitegura umwaka mushya w’imikino 2025-2026, igeze aho rukomeye aho AS Kigali ikomeje...
Read MoreLiverpool yatakaje umukinnyi wayo uri mu b’ingenzi
Myugariro mushya wa Liverpool, Jeremie Frimpong, w’imyaka 24, ntazongera kugaragara mu kibuga kugeza nyuma y’ikiruhuko mpuzamahanga bitewe n’imvune...
Read MoreBrentford yateye utwatsi ubusabe bwa kabiri bwa Newcastle
Mu gihe isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rikomeje kubamo byinshi mu Bwongereza, amakuru ari ku isonga muri iki cyumweru ni ayerekeye rutahizamu...
Read More