PREMIER LEAGUE: Thomas Frank atunguye Guardiola amakubitira mu rugo adakozemo !
Tottenham Hotspur yongeye gutungura Manchester City ku kibuga cyayo, Etihad Stadium, itsinda umukino wa kabiri wikurikiranya muri Premier League...
Read MoreThomas Frank yatoboye avuga kuri Eberechi Eze wanze kwerekeza muri Tottenham Hotspur
Mu gihe isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rigeze mu minsi yaryo ya nyuma, ikipe ya Tottenham Hotspur ikomeje guhura n’imbogamizi mu gushaka...
Read MoreWan – Bissaka wa Westham yashyizwe mu bakinnyi ba DRC bagomba gucakirana na Senegal !
Umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Sébastien Désabre, yatangaje urutonde rw’abakinnyi 25 azifashisha mu mikino...
Read MoreAnge Postecoglou ashobora kugaruka muri Premier League
Umutoza w’ikipe ya Nottingham Forest, Nuno Espirito Santo, ntabwo yorohewe muri iyi kipe ndetse ashobora no gusezererwa agasimbuzwa Ange...
Read MoreAPR FC ikomeje kugaragaza urwego ruri hasi mu nkere y’abahizi
Imikino yateguwe na APR FC(Inkera y’Abahizi) yo kwitegura umwaka mushya w’imikino 2025-2026, igeze aho rukomeye aho AS Kigali ikomeje...
Read MoreLiverpool yatakaje umukinnyi wayo uri mu b’ingenzi
Myugariro mushya wa Liverpool, Jeremie Frimpong, w’imyaka 24, ntazongera kugaragara mu kibuga kugeza nyuma y’ikiruhuko mpuzamahanga bitewe n’imvune...
Read MoreBrentford yateye utwatsi ubusabe bwa kabiri bwa Newcastle
Mu gihe isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rikomeje kubamo byinshi mu Bwongereza, amakuru ari ku isonga muri iki cyumweru ni ayerekeye rutahizamu...
Read MoreIby’ingenzi byo kumenya ku mikino ya CHAN 2024 kugeza ubu!
Kuri uyu wa Kabiri wa tariki 19 Kanama 2025, ni bwo hashyizwe akadomo ku mikino y’icyiciro cy’amatsinda mu mikino Nyafurika...
Read MoreBayer Leverkusen ya Ten Hag mu nzira zo gusinyisha inyenyeri ya Man City!
Ikipe yo mu Budage ya Bayer Leverkusen imaze kumvikana na Manchester City ku isinyishwa ry’umukinnyi wo hagati, Claudio Echeverri, ku buryo...
Read MoreKapiteni wa Tottenham Hotspurs yongereye amasezerano
Kapiteni wa Tottenham Hotspur, Cristian Romero, yamaze gushyira umukono ku masezerano mashya y’imyaka ine azamugeza muri 2029, agaragaza ko ahazaza...
Read More