Dr. Edouard Ngirente yagaragaje urukundo nishimwe rikomeye kuri Perezida Kagame nyuma yimyaka 8 ayoboye Guverinoma”
Dr. Edouard Ngirente wari Minisitiri wintebe wu Rwanda kuva mu 2017 yashimiye byimazeyo Perezida wa Repubulika Paul Kagame wamugiriye icyizere akamuha inshingano zo kuyobora Guverinoma mu gihe cyimyaka umunani
Mu butumwa Dr Edouard yanyujije Kuri X cyahoze Ari Tweeter Yagize uti

“Ndabashimiye byimazeyo Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame ku cyizere mwangiriye mukampa inshingano zo kuba Minisitiri wintebe mu myaka 8 ishize Ni urugendo nungukiyemo byinshi Nyakubahwa Perezida wa Repubulika mbashimiye aya mahirwe mwampaye yo gukorera Igihugu cyacu no kuba mwarambaye hafi mukanshyigikira muri urwo rugendo Mwambereye icyitegererezo Nzahora iteka nterwa ishema nicyo cyizere mwangiriye”
Umwanditsi winkuru Hakizimana Emmanuel ✍️
Nickname Emma2k
Komeza ubane natwe Ku Mutsinzi.com