Hamenyekanye igiciro cy’imodoka nshya ya Mutesi Jolly
Miss Mutesi Jolly ubitse ikamba rya Miss Rwanda 2016, yaguze imodoka iri mu zihenze zikorwa n’uruganda rwa Mercedes-Benz. Uyu mukobwa yabitangaje...
Read MorePakistan na Afghanistan bakoze igikorwa gitanga icyizere cy’ihagarara ry’intambara yari yadutse hagati yabo
Afghanistan na Pakistan bemeranyije guhagarika imirwano ako kanya mu biganiro byabereye i Doha, nk’uko impande zombi zabitangaje kuri iki cyumweru....
Read MoreGen Muhoozi Kainarugaba yikomye abakomeje kwibasira se!
Umuhungu wa Museveni akaba n’umugaba mukur w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainarugaba, yatanze gasopo ku bantu bose bari kuvuga ko Se,...
Read MoreUkuri ku makuru avuga ko perezida wa CAF yaba ashaka kuba perezida wa Afurika y’Epfo
Perezida w’Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika(CAF), Patrice Tlhopane Motsepe yahakanye amakuru yavugaga ko ashaka kuzaba perezida wa Afurika...
Read MorePerezida w’igihugu gikomeye muri Afurika hageragejwe kumuhirika ku butegetsi
Mu gihugu cya Nigeriya hatawe muri yombi abasirikare 16 bo ku rwego rwa ba Ofisiye bakuru mu ngabo z’iki gihugu nyuma y’uko baketsweho...
Read MoreAnge Postecoglou akomeje kugorwa na Premier League
Nottingham Forest yirukanye Ange Postecoglou ku mwanya w’umutoza mukuru nyuma y’iminota 18 gusa itsinzwe na Chelsea ibitego 3-0, mu mukino wa Premier...
Read MoreUmuhungu wa perezida Museveni yavuze ku by’ubundwayi bwa se
Umuhungu wa Yoweli Kaguta Museveni yatangaje ko Se ahari kandi ko ku wa Mbere wa tariki 20 Ukwakira 2025 azaba yiteguye gukomeza kwiyamamaza....
Read MoreIkipe ya AS Kigali iri mu ihurizo ryo gusimbuza Shema Fabrice
Mu gihe habura amasaha make ngo haterane Inama y’Inteko Rusange y’Abanyamuryango ba AS Kigali, haravugwa byinshi ku bijyanye n’impinduka zitegerejwe...
Read MoreYoweri Museveni yahuye n’ibizazane mu gihe ahanganye mu matora
Raporo zitangazwa n’ibitangazamakuru mpuzamahanga zemeza ko Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, ari mu bitaro aho arimo kwitabwaho...
Read MoreIjambo rya Sadate Munyakazi ryateje impagarara mu Burundi
Mu mujyi wa Bujumbura, abantu bataramenyekana batwitse imodoka ifite ibirango by’u Rwanda RAH 139 U, yo mu bwokoToyota Levin, mu gikorwa gikomeje...
Read More