Hamenyekanye abapfiriye mu mpanuka y’imodoka ikomeye yabereye ku Kamonyi
Kuri uyu wa 15 Ukwakira 2025, mu Karere ka Kamonyi ahazwi nko ku Ruyenzi habereye impanuka ikomeye y’ikamyo yo mu bwoko bwa Howo yagonze izindi...
Read MoreUmuriro watse hagati y’umunyamakuru DC Clément n’umunyamideli Alliah Cool
Umuriro ukomeje kwaka hagati ya DC Clément wa Isibo FM, n’umunyamideli Alliah Cool nyuma y’uko Alliah Cool yerekanye imodoka nshya yo mu...
Read MoreManishimwe Djabel yongeye kugaruka muri ruhago y’u Rwanda
Nyuma y’igihe atagaragara mu kibuga , Manishimwe Djabel yongeye kubona ikipe, akaba ubu ari umukinnyi mushya wa Police FC, iyoboye urutonde rwa...
Read MoreUmubikira wo muri Kenya akurikiranweho icyaha cyatunguye benshi
Urukiko rwa Meru kuri uyu wa kabiri wa tariki 14 Ukwakira 2025, ruzatangaza umwanzuro w’uko rwarekura cyangwa rukaburizamo ifungurwa...
Read MoreMenya abanyapolitiki bakomeye muri Congo bitabiriye inama y’ibanga yateguwe na Joseph Kabila
Kuri uyu wa Gatatu wa tariki 14 Ukwakira 2025, uwahoze ari perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Joseph Kabila yageze i Nairobi muri...
Read MoreU Rwanda rwongeye kugaragaze aho ruhagaza ku kibazo cy’umutekano muri Congo
Intumwa ya Repubulika y’u Rwanda muri Loni yavuze ko mu ishyirwa mu bikorwa ry’Amasezerano y’Amahoro iki gihugu cyasinyanye na Repubulika ya ...
Read MoreImirwano mishya ya M23 na Wazalendo ikona na FARDC yasize ibahaye kugenzura ibice bishya
Kuri uyu wa Mbere wa tariki 13 Ukwakira 2025, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo hongeye kwaduka imirwano hagati y’umutwe wa...
Read MoreAmayeri Rayon Sports yakoresheje mu kwikiza Afahmia Lotfi!
Ikipe ya Rayon Sports yongeye kuvugisha benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda nyuma y’itangazo ryo guhagarika umutoza mukuru Afahmia Lotfi...
Read MoreRayon Sports igiye kwibikaho umukinnyi w’Umurundi
Mu gihe ikipe ya Rayon Sports ikomeje kurwana no gutandukana n’umutoza wayo w’Umunya-Tunisiya, Afhamia Lotfi, amakuru aravuga ko yamaze kugera ku...
Read MorePerezida wa FERWAFA yihanangirije abakunzi ba ruhago y’u Rwanda
Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Bwana Shema Fabrice, yatangaje ko gutsindwa kw’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi,...
Read More