icyemezo cyafatiwe Mukandayisenga Jeannine ‘Kaboyi’ nyuma yo gukekwaho kuba umugabo
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Tanzania (TFF) ryahakanye amakuru yavugwaga n’amakipe avuga ko bashakaga ko Mukandayisenga Jeannine, uzwi...
Read MorePerezida Félix Tshisekedi yatangaje icyatuma intambara muri iki gihugu irangira
Kuri uyu wa Kane wa tariki 9 Ukwakira 2025, mu nama ya Global Gateway Forum yabereye i Brussels mu Bubiligi, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi...
Read MoreVinicius Junior yahuye n’uruva gusenya
Inzu y’Umunya-Brazil, Vinicius Junior yafashwe n’inkongi y’umuriro mu gihe uyu musore yari mu kazi k’ikipe y’igihugu...
Read MorePerezida wa FERWAFA yageneye ubutumwa Amavubi mbere yo gucakirana na Benin
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA ] Shema Ngoga Fabrice yasabye abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi kwitwara neza ku...
Read MoreAbakoresha Netflix bakunda ruhago bagiye gushyirwa igorora
Impuzamashyirahamwe ya Ruhago i Burayi (UEFA) hamwe n’ishyirahamwe rikomeye ry’amakipe y’i Burayi, European Football Clubs Organisation (EFC),...
Read MoreIgihugu kindi cyo muri Afurika kigiye gutangira kwigisha Igiswahili mu mashuri yacyo
Igihugu cya Somalia kigiye gutangiza ururimi rw’Igiswahili mu mashuri rukaba ururimi rusanzwe rukoreshwa mu bihugu byo mu Burasirazuba bwa ...
Read MoreHamenyekanye uko byagenze ngo umupolisi yisange yafatanye mu mashati n’umuturage
Nyuma y’amashusho yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umuturage arwana n’umupolisi ushinzwe umutekano wo mu muhanda , Polisi y’u Rwanda...
Read MoreUmubano w’u Burusiya na Uganda wateye indi ntambwe iteye umpungenge ku Burayi na Amerika
Uganda n’u Burusiya byongeye gushimangira ubufatanye bwabyo bwa dipolomasi n’ubukungu, nyuma yo gusoza inama y’ikiciro cya tekiniki y’Umuryango wa...
Read MoreCristiano Ronaldo yongeye gukomoza ku gihe azasezerera ruhago
Kizigenza Cristiano Ronaldo yemeje ko agifite igihe cyo gucong ruhago nubwo hari benshi bamushishikariza guhagarika rugaho kubera imyaka ye iri kuba...
Read MoreHamenyekanye ibihugu bibiri Papa Leo wa XIV agiye gusura mu ruzinduko rwe rwa mbere nka papa
Papa Leo wa XIV agiye gukora uruzinduko rwe rwa mbere mpuzamahanga asura Turukiya na Libani, aho biteganyijwe ko azibanda ku mahoro mu Burasirazuba...
Read More