Hamenyekanye icyahitanye Gogo
Musabyimana Gloriose wamamaye nka Gogo wari umaze iminsi muri Uganda, yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa 3 Nzeri 2025 azize uburwayi. Urwandiko...
Read MoreMarco Rubio yagize icyo avuga kuri politike ya Trump yo kurwanya ibiyobyabwenge
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Marco Rubio, yatangaje ko Amerika ishobora kongera kugaba ibitero...
Read MoreIcyamamare muri sinema ku Isi kiri mu Rwanda
Umugore w’icyamamare muri Sinema ukomoka mu gihugi cya Malaysia , Michelle Yeoh yagendereye igihugu cy’u Rwanda aho yasuye ibikorwa...
Read MoreAmerika yagabye igitero cya mbere mu gihe umwaka mubi ukomeje kuzamuka hagati yabo na Venezuela
Perezida Donald Trump yatangaje ko Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye igitero gikomeye ku bwato bwavugwagaho kwambutsa ibiyobyabwenge mu...
Read MoreRuben Loftus-Cheek yahishuye uburyo yari yaramaze kwiyakira ku bijyanye no kongera guhamagarwa mu Bwongereza
Ruben Loftus-Cheek, umukinnyi wo hagati w’Umwongereza ukinira AC Milan, yavuze ko mu gihe kingana n’imyaka hafi irindwi atari mu ikipe y’igihugu,aho...
Read MoreMemel Dao yongeye gutungura abakunzi ba ruhago y’u Rwanda!
Umunya-Burkina Faso, Memel Raouf Dao , yongeye kwerekana ko ari umukinnyi mwiza ku munsi wa mbere w’imikino ya CECAFA Kagame Cup 2025, APR FC...
Read MoreKigali: Hatangajwe igihe cyo gutanga impamyabumenyi ku baherutse gutsinda ibizamini by’amashuri yisumbuye
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi mu mashuri [NESA] bwatangaje ko impamyabumenyi z’abanyeshuri batsinze ibizamini bisoza...
Read MoreUreberera abasifuzi bo muri Premier League yemeje ko Fulham yakozwe mu mufuka na Chelsea !
Howard Webb, umuyobozi mukuru w’ishyirahamwe ry’abasifuzi b’umwuga mu Bwongereza [PGMOL], yemeje ko igitego cyari cyatsinzwe na Josh King wa Fulham...
Read MoreKera kabaye uwigeze kuba Minisitiri w’Ubutabera muri DRC yahawe igihano ndakuka !
Ku munsi w’ejo tariki ya 2 Nzeri 2025, Urukiko rw’Ikirenga rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye Constant Mutamba wahoze ari...
Read MoreKim Jong Un yagendereye Ubushinwa
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yambutse umupaka ajya mu Bushinwa mu masaha y’ijoro ryo ku wa Kabiri aciye muri gari ya Moshi, aho agiye...
Read More