Umukino wa APR FC muri CECAFA wasubitswe!
Umukino wa mbere w’ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC, mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2025 wari utegerejwe tariki 2 Nzeri 2025, na...
Read MoreErik ten Hag ashobora kwirukanwa muri Bayern Leverkusen
Umutoza ukomoka mu gihugu cy’Ubuholandi, Erik ten Hag, ashobora kwirukanwa nyuma yo kubura intsinzi mu mikino ibiri ifungura ya shampiyona...
Read MoreRayon Sports yongereye imbaraga mu busatirizi bwayo !
Mu gihe Shampiyona y’u Rwanda ya 2025/26 yitegura gutangira, ikipe ya Rayon Sports ikomeje imyiteguro ikomeye mu rwego rwo kuzitwara neza muri uyu...
Read MorePerezida Tshisekedi yiyamye imiryango y’amahanga ikomeje kwivanga mu kibazo cya Kongo
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yatangarije ku mugaragaro ko Abanye-Congo bashoboye kwikemurira...
Read MoreHamas yemeje ko umuyobozi wayo yivuganywe na Israel
Umutwe wa Hamas wemeje ko Muhammad Sinwar, wahoze ari umuyobozi w’ingabo zawo muri Gaza, yapfuye. Ibi byatangajwe ku wa Gatandatu tariki ya 30 Kanama...
Read MoreUwagize uruhare mu guhirika perezida wa Ukraine wakoranaga na Putin yishwe
Mu mujyi wa Lviv  uri mu burengerazuba bwa Ukraine, haravugwa agahinda kenshi nyuma y’urupfu rwa Andriy Parubiy, wahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga...
Read MoreRayon Sports yakiriye abakinnyi bayo babiri kuva muri Senegal
Abakinnyi babiri bakomoka mu gihugu cya Senegal, Youssou Diagne ndetse na Fall Ngagne basesekaye mu Rwanda nyuma y’igihe bategerejwe. Aba bombi...
Read MoreBruno Fernandez yafashije Manchester United gukuraho amapfa y’intsinzi muri Premier League!
Bruno Fernandes yongeye guhesha ikipe ye icyubahiro ubwo yatsindaga igitego cy’intsinzi ku munota wa 97′ w’umukino, cyahesheje Manchester...
Read MoreM23 na LONI mu gushaka igisubizo kirambye  cy’impunzi z’abanye- Kongo !
Ihuriro rya AFC/M23 ryemeje ko ryakiriye Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi [UNHCR],  Filippo Grandi, mu mujyi wa...
Read MorePerezida Trump arifuza kwifashisha Ubushinwa mu kurinda Ukraine
Perezida  Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagaragaje  ko byaba byiza ingabo z’u Bushinwa ari zo zoherejwe muri Ukraine kugenzura...
Read More