Meta ifite Facebook na Instagram iri mu mazi abira
Umusenateri wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangije iperereza kuri kompanyi ya Meta nyuma y’uko hagiye ahagaragara inyandiko y’ibanga ku...
Read MoreImvura ikabije yatumye imirenge ine yo mu karere ka Rubavu ibura amazi – WASAC
Ikigo k’igihugu gishinzwe amazi isuku n’isukura [WASAC] cyatangaje ko guhera mu gitondo cyo ku wa 18 Kanama 2025, ibikorwa by’uruganda rutunganya...
Read MoreKapiteni wa Tottenham Hotspurs yongereye amasezerano
Kapiteni wa Tottenham Hotspur, Cristian Romero, yamaze gushyira umukono ku masezerano mashya y’imyaka ine azamugeza muri 2029, agaragaza ko ahazaza...
Read MoreGuy Bukasa waciye muri Rayon Sports yabonye akazi gashya
Ikipe ya FC Saint Eloi Lupopo yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko yamaze guhabwa inshingano Guy Bukasa zo kuyitoza guhera mu...
Read MoreDRC : Inyeshyamba z’umutwe wa ADF zivuganye abantu 59 mu masaha 72 yonyine
Mu bikorwa by’ubugome byabaye hagati ya tariki ya 16 n’iya 18 Kanama 2025, umutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abaturage bagera kuri 59 mu Ntara ya Kivu...
Read MoreLeta ya Sudan irashinjwa gukora ibikorwa by’iyicarubozo
Abaharanira uburenganzira bwa muntu muri Sudani bemeje ko ingabo za leta n’inzego z’umutekano zibabaza abantu kugeza zibishe, ndetse ngo zashyizeho...
Read MoreFIFA yagize icyo ivuga ku byabaye ku mukino wa Liverpool na Bournemouth
Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, yasohoye itangazo yamagana ivangura ruhu ryakorewe umukinnyi wa AFC Bournemouth akaba n’umukinnyi mpuzamahanga wa...
Read MoreIbiganiro bya Donald Trump na Zelenskiy biduhishiye iki?
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskiy hamwe n’abayobozi b’u Burayi barahura na Donald Trump i Washington kuri uyu wa Mbere wa tariki 18 Kanama...
Read MoreDRC : Uwari ufite ipeti rya Colonel n’umugore we bapfiriye mu mpanuka y’indege
Inzego z’umutekano n’abaturage bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bari mu gahinda gakomeye nyuma y’impanuka y’indege ya gisivili yo mu bwoko...
Read MoreUwayoboye ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi ari mu buroko!
Gen Jean Bosco Ndayikengurukiye wahoze ari mu buyobozi Bukuru bw’ishyaka rya CNDD-FDD , ari mu maboko y’ubutabera aho afungiwe muri Gereza Nkuru ya...
Read More