Perezida wa Tanzaniya yongeye kujomba agakwasi imiryango y’ababuriye ababo mu myigaragambyo
Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan yashimiye ingabo z’igihugu zabashije guhangana n’urubyiruko rwamwamaganaga rwifuza ko yava ku...
Read MoreIcyo perezidansi y’u Burundi ivuga ku ruzinduko rwa Evariste Ndayishimiye muri Amerika
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yamaze kugera i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yitabiriye isinywa...
Read MoreADEPR yavuye imuzi n’imuzingo iby’amabwiriza yayo mashya atavugwaho rumwe
Umushumba Mukuru w’Itorero ADEPR, Rev Ndayizeye Isaïe, yagarutse ku mabwiriza agenga abaririmbyi b’Itorero aherutse gusohorwa, avuga ko...
Read MoreAbapolisi b’u Rwanda 74 bavanwe mu kazi
Abapolisi 74 ba Polisi y’u Rwanda barimo babiri bafite ipeti rya ACP, nka ACP Sam Rumanzi na ACP Francis Muheto bagize imyanya mu buyobozi bukuru...
Read MoreNyuma ya kudeta muri Guinea-Bissau bikomeje kudogera
Igihugu cya Nigeria binyuze muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga cyatangaje ko cyatanze ubuhungiro kuri Fernando Dias, umukandida w’ishyaka...
Read MoreAmakuru kuri bamwe bivugwa ko bafunzwe na Sultani Makenga
Ngarambe Manzi Willy akaba Visi-Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru ushinzwe politiki, ubuyobozi, n’amategeko yanyomoje amakuru yavugaga ko...
Read MoreMenya ababuriye ubuzima mu mpanuka ikomeye yabereye mu mujyi wa Kigali
Mu Mujyi wa Kigali habereye impanuka ikomeye yahitanye abantu bane ahazwi nka Peyaje aho bikekwa ko yatewe no kuba umushoferi wari utwaye atari...
Read MoreIkibazo cy’ishimutwa ry’Abakirisitu muri Nigeria cyafashe indi ntera
Minisitiri w’Ingabo muri Nigeria, yeguye avuga ko ari ku mpamvu z’ubuzima, mu gihe iki Gihugu kimaze iminsi gifite ikibazo cy’abashimutwa n’abitwaje...
Read MoreUmuhanzi France Mpundu yavuze ku by’urukundo rwe na Juno Kizigenza
Mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 30 Ugushyingo 2025 ni bwo France Mpundu wari umaze hafi amezi atatu muri Afurika y’Epfo yageze mu Rwanda akubutse...
Read MoreBenjamin Netanyahu yasabye imbabazi
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yandiye pereizida w’iki gihugu amusaba imbazi zo kuba ashobora kuba atazitaba ubutabera mu...
Read More