Raporo ya Loni yongeye kugaruka ku ngabo z’u Rwanda
Mu gihe u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo bamaze gusinya amasezerano y’amahoro hagiye gusohoka raporo y’impuguke za Loni...
Read MoreMenya icyo AFC/M23 yabwiye abaturage ba Luvungi aho iherutse kwigarurira
Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryakoresheje ibiganiro byihariye n’abaturage b’i Luvungi kuri uyu wa mbere, tariki ya 8 Ukuboza 2025,...
Read MoreUko bwakeye muri Kivu y’Amajyepfo ahari imirwano ya M23 na leta ya Congo
Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rikomeje kugenda ryigarurira ibice by’ingenzi muri teritware ya Uvira, nyuma y’uko ku mugoroba wo kuri...
Read MoreU Burundi bwageneye ubutunwa u Rwanda
Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka uhuza u Rwanda na Repubulika...
Read MoreM23 yamaze kwigarurira umujyi usatira Uvira
Kuri uyu wa mbere tariki 8 Ukuboza 2025, umutwe wa gisirikare wa AFC/M23 wigaruriye umujyi wa Sange, uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, hafi...
Read MoreAmakuru agezweho kuri Lt Gen Pacifique Masunzu uherutse gufungwa
Lieutenant General Pacifique Masunzu ashobora gukatirwa igihano cy’urupfu mu gihe afungiye muri gereza ya Makala i Kinshasa nyuma yo gutabwa muri...
Read MoreQatar yavuze ikigomba gukurikira nyuma y’amasezerano hagati ya Congo n’u Rwanda
Leta ya Qatar yongeye kwemeza ko izakomeza kugira uruhare rugaragara mu gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano mashya ya Washington hagati...
Read MoreAmakuru abyutse avugwa ku kibuga k’imirwano cya M23 na FARDC
Amakuru mashya aturuka muri Sange, mu kibaya cya Rusizi, mu birometero birenga 30 uvuye mu mujyi wa Uvira, aremeza ko mu masaha y’umugoroba wo kuri...
Read MoreAbafana ba Lionel Messi bari mu byishimo
Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Argentine ndetse n’uw’ikipe ya Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lionel Messi, yongeye kwandika izindi...
Read MoreMenya ibice byose M23 imaze kwigarurira muri iyi mirwano imaze iminsi
Amakuru mashya aturuka mu kibaya cya Rusizi muri teritware ya Uvira, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, arerekana ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo...
Read More