Maroc yakoze amateka atangaje mu gikombe cy’Isi kiri kubera i Doha muri Qatar
Ku Cyumweru, tariki ya 9 Ugushyingo 2025, ikipe y’igihugu ya Maroc y’abatarengeje imyaka 17 yanditse amateka akomeye mu mupira w’amaguru, itsinda New...
Read MoreSamia Suluhu Hassan agiye kuva ku izima
Leta ya Tanzaniya yatangaje ko ifunguye amarembo y’ibiganiro n’abatavuga rumwe nayo, nyuma y’urugomo rwabaye nyuma y’amatora rwatwaye ubuzima bwa...
Read MoreCongo: Umusirikare yivuganwe n’abagenzi be ku mpamvu itangaje
Kuri iki Cyumweru tariki 09 Ugushyingo 2025, umusirikare mu gisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) yarashwe arapfa nyuma yo...
Read MoreU Burundi bwongeye gukora igikorwa cyateye impungenge ku Burasirazuba bwa Congo
Umutwe wa MRDP-Twirwaneho urashinja Leta y’u Burundi kohereza batayo ebyiri z’ingabo z’icyo gihugu mu misozi ya Fizi, Mwenga na Uvira muri Kivu...
Read MoreSenegal yamaganiye kure ubusabe bw’Ikigo Mpuzamahanga cy’Imari (IMF)
Igihugu cya Senegal cyanze gusibirirwamo uburyo kigomba kwishyura ingazanyo yacyo aho cyemeza ko cyaba ari igisebo ku gihugu nk’uko...
Read MoreRuben Amorim yagaragaje icyo agiye gukora mu guhangana n’ibibazo bya Benjamin Šeško
Umutoza wa Manchester United, Ruben Amorim yatangaje ko ikipe ye ishobora kuzongeramo abakinnyi bashaka ibitego muri Mutarama bitewe n’uko bikomeje...
Read MorePerezida wa Zambia yahuye n’uruva gusenya yakorewe n’abaturage bari barakaye
Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema yatewe amabuye n’abaturage mu gikorwa cyabereye mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’igihugu kuri uyu wa 8...
Read MorePapa Leo wa XIV yinjiye mu kibazo cy’Abapadiri bishoye mu bikorwa by’ihohotera
Umushamba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Leo wa XIV, kuri uyu wa Gatandatu wa tariki 8 Ugushyingo 2025 yamaze hafi amasaha atatu agirana...
Read MoreGuverinoma ya Tanzaniya yongeye kwibasira abatavuga rumwe nayo
Polisi ya Tanzaniya yataye muri yombi umuyobozi mukuru w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi rya CHADEMA kuri uyu wa Gatandatu, mu gihe inzego...
Read MoreUmuvugabutumwa w’Umunyekongo yahanuye ibyatangaje benshi ku Burasirazuba bwa Congo
Umuvugabutumwa unabwigisha akaba n’umuhanuzi, Pastor Kavoma, yatangaje ko intambara imaze imyaka myinshi ihitana ubuzima bw’abantu mu misozi y’i...
Read More