Hamenyekanye ugiye kuba umunyamabanga mushya wa FERWAFA
Amakuru yizewe aremeza ko Bonnie Mugabe, usanzwe ari Umukozi Ushinzwe Umutekano ku bibuga mu Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umupira w’Amaguru ku Isi...
Read MoreImyigaragambyo yateye isubikwa ry’imikino muri Tanzaniya
Imyigaragambyo imaze iminsi ine muri Tanzania irakataje, nyuma y’uko abaturage benshi bagaragaje kutishimira uburyo amatora y’umukuru w’igihugu...
Read MoreAPR FC yafatiye imyanzuro Mamadou Sy na Dauda Yussif
Nyuma y’igihe kigera ku kwezi abakinnyi babiri ba APR FC bari bahagaritswe kubera imyitwarire itari myiza, ubuyobozi bw’iyi kipe bwafashe umwanzuro...
Read MoreHatangajwe uko uburwayi bwa Djibril Ouattara buhagaze
Rutahizamu w’umunya-Burkina Faso ukinira APR FC, Cheikh Djibril Ouattara, yatangaje ko ameze neza nyuma yo gukira burundu indwara yo kuzana amazi mu...
Read MoreAbakinnyi bakiri bato b’Abanyarwanda bagiye gutyarizwa muri Arsenal
Abana 15 bo mu mushinga wa Isonga bitabiriye gahunda yihariye y’ikipe ya Arsenal igamije guteza imbere impano z’abato, izwi nka Arsenal Academy...
Read MoreIkipe yashakaga gukina Rwanda Premier League yabisubitse
Ikipe ya Al Ahli Madani yo muri Sudani yatangaje ko itazakina Shampiyona y’u Rwanda y’uyu mwaka w’imikino nkuko byari byitezwe, ahubwo igahitamo...
Read MoreEse koko hari umukino wa gicuti w’Amavubi na Senegal uzabera mu Bufaransa?
Hari amakuru yizewe avuga ko ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, ishobora gukina umukino wa gicuti n’ikipe y’igihugu ya Senegal mu kwezi gutaha...
Read MoreRutahizamu wa APR FC Mamadou Sy yongeye gufatirwa ingamba nshya
Rutahizamu ukomoka muri Mauritania ukinira APR FC, Mamadou Sy, akomeje kugorwa n’ibihe bitoroshye nyuma yo guhagarikwa n’ubuyobozi bw’ikipe kubera...
Read MoreUmukunzi wa Lamine Yamal yashyize umucyo ku biri kuvugwa ku rukundo rwabo
Umukunzi wa Lamine Yamal yagaraje ko we na Lamine Yamal batagiye kwibaruka nk’uko byari bimaze iminsi bivugwa. Ubwo abafana bari buzuye Stade ya...
Read MoreFERWAFA yavugutiye umuti ibibazo by’imisifurire biri muri shampiyona
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryateguje ko muri Gashyantare 2026 rizatangira gukoresha ikoranabuhanga ryifashishwa mu...
Read More