Rutahizamu wa APR FC Mamadou Sy yongeye gufatirwa ingamba nshya
Rutahizamu ukomoka muri Mauritania ukinira APR FC, Mamadou Sy, akomeje kugorwa n’ibihe bitoroshye nyuma yo guhagarikwa n’ubuyobozi bw’ikipe kubera...
Read MoreUmukunzi wa Lamine Yamal yashyize umucyo ku biri kuvugwa ku rukundo rwabo
Umukunzi wa Lamine Yamal yagaraje ko we na Lamine Yamal batagiye kwibaruka nk’uko byari bimaze iminsi bivugwa. Ubwo abafana bari buzuye Stade ya...
Read MoreFERWAFA yavugutiye umuti ibibazo by’imisifurire biri muri shampiyona
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryateguje ko muri Gashyantare 2026 rizatangira gukoresha ikoranabuhanga ryifashishwa mu...
Read MoreMenya abakinnyi b’Abanyarwanda amakipe yabo yabonye amatiki y’imikino Nyafurika
Abakinnnyi batatu b’Abanyarwanda, Mugisha Bonheur ‘Casemiro’ ukinira Al Masry yo mu Misiri, Buregeya Prince ukinira...
Read MoreLamine Yamal agiye kwerekana ubuhanganjye indi nshuro bitewe n’amafaranga agiye kuzajya yinjiza
Lamine Yamal bivugwa ko agiye guhagarika gusinyira abakunzi b’ikipe autographe (umukono we ku bintu bitandukanye abafana bamuzanira) nyuma yo kuba...
Read MoreAPR FC bikomeje kuyiyobera!
Kuri uyu wa Gatandatu wa tariki ya 25 Ukwakira 2025, nibwo habaga umukino wahuje ikipe ya APR FC na Kiyovu Sports umukino warangiye ari ubusa ku...
Read MoreHamenyekanye niba Gabriel Magalhaes azakina umukino wa Arsenal ku Cyumweru
Arsenal ishobora kutazaba ifite abakinnyi b’ingenzi bagera kuri batanu mu mukino wa Premier League izakina na Crystal Palace kuri Emirates Stadium...
Read MoreRwanda Premier League yakiriye amakipe atatu mashya
Ishyirahamwe rya ruhago mu Rwanda, FERWAFA, ryemeje ubusabe bw’amakipe atatu yo mu gihugu cya Sudani, yasabye gukina muri Shampiyona...
Read MoreLionel Messi yasinye amasezerano mashya muri Inter Miami
Lionel Messi yasinyiye ikipe ya Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , amasezerano azamugeza muri 2028 akuraho ibihuba byo gusubira muri...
Read MoreAfhamia Lotfi yahaye nyirantarengwa Rayon Sports!
Afhamia Lotfi wahoze atoza ikipe ya Rayon Sports, yandikiye ubuyobozi bw’iyi kipe abasaba ko bamusubiza mu nshingano ze bitarenze amasaha 48, niba...
Read More