Hansi Flick yatangaje ibyatunguye benshi ku mukino yatsinzemo Girona
Ku wa Gatandatu ushize, umutoza wa FC Barcelona, Hansi Flick, yerekanye amarangamutima adasanzwe ubwo ikipe ye yakinaga na Girona, ibintu byatumye...
Read MoreNottingham Forest igiye kubona umutoza mushya
Nottingham Forest iri mu biganiro bya nyuma n’umutoza Sean Dyche ngo abe umutoza mukuru mushya w’iyo kipe, nyuma yo gusezerera Ange Postecoglou ku...
Read MoreHatangajwe igihe rutahizamu Djibril Ouattara azagarukira
Byemejwe n’ubuyobozi bw’ikipe ko uyu mukinnyi yari amaze ukwezi arwariye mu bitaro bya Gisirikare i Kanombe, aho yari ajengerejwe n’uburwayi...
Read MoreIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Uganda ryazibukiriye ku cyemezo cyari cyatumye Vipers SC yikura muri shampiyonamuri
Ku munsi w’ejo wa tariki 18 Ukwakira 20225, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Uganda (FUFA) ryatangaje ko ryahagaritse uburyo bushya bwo...
Read MoreIkipe ya AS Kigali iri mu ihurizo ryo gusimbuza Shema Fabrice
Mu gihe habura amasaha make ngo haterane Inama y’Inteko Rusange y’Abanyamuryango ba AS Kigali, haravugwa byinshi ku bijyanye n’impinduka zitegerejwe...
Read MoreLamine Yamal yongeye guca agahigo
Umukinnyi ukiri muto wa FC Barcelona, Lamine Yamal, amaze gushyira izina rye mu mateka y’umupira w’amaguru ku rwego rw’isi nyuma yo gushyirwa ku...
Read MoreManishimwe Djabel yongeye kugaruka muri ruhago y’u Rwanda
Nyuma y’igihe atagaragara mu kibuga , Manishimwe Djabel yongeye kubona ikipe, akaba ubu ari umukinnyi mushya wa Police FC, iyoboye urutonde rwa...
Read MoreAmayeri Rayon Sports yakoresheje mu kwikiza Afahmia Lotfi!
Ikipe ya Rayon Sports yongeye kuvugisha benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda nyuma y’itangazo ryo guhagarika umutoza mukuru Afahmia Lotfi...
Read MoreRayon Sports igiye kwibikaho umukinnyi w’Umurundi
Mu gihe ikipe ya Rayon Sports ikomeje kurwana no gutandukana n’umutoza wayo w’Umunya-Tunisiya, Afhamia Lotfi, amakuru aravuga ko yamaze kugera ku...
Read MorePerezida wa FERWAFA yihanangirije abakunzi ba ruhago y’u Rwanda
Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Bwana Shema Fabrice, yatangaje ko gutsindwa kw’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi,...
Read More