Umukinnyi ukomeye muri ruhago y’Isi yatangaje igihe azasezerera ruhago
Umukinnyi wo hagati w’ikipe y’igihugu ya Esipanye , Sergio Busquets,yemeje ko agiye guhagarika gukina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga nyuma...
Read MoreHatangajwe amafaranga Kalisa Adolphe ‘Camarade’ ashijwa kunyereza
Kuri uyu wa Kane wa tariki 25 Nzeri 2025, Kalisa Adolphe uzwi nka’ Camarade’ wari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe rya ruhago...
Read MoreIgihugu cyo muri Afurika kemerewe kuzakinira umukino wacyo mu Rwanda
Ikipe y’Igihugu ya Ethiopia yemerewe kwakirira ikipe ya Guinée-Bissau kuri Stade Amahoro, mu mukino w’umunsi wa gatanu w’amatsinda yo gushaka itike...
Read MoreUCI ROAD WORLD CHAMPIONSHIP 2025- Uyu munsi wihariwe n’Abaholandi mu byiciro byose
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 23 Nzeri 2025, mu isiganwa rya Shampiyona y’Isi y’Amagare ririmo kubera mu Rwanda, Abaholandi babiri, Arens Megan mu...
Read MoreAbakinnyi 10 bahabwa amahirwe yo kwegukana Ballon d’Or 2025 n’ibitego buri umwa yatsinze
Mu gihe habura amasaha make kugira ngo ibihembo by’abitwa neza muri ruhago y’isi babishimirwe mu bihembo bitangwa n’ikinyamakuru ...
Read MoreUwatoje Alexander Isak akiri muto yamuvuzeho ibintu byatangaje benshi!
Umutoza watoje Alexander Isak ubwo yari mu cyigero cy’imyaka 13 na 15 yavuze ko yatunguwe cyane no kuba yaravuyemo umukinnyi wabigize umwuga...
Read MoreUmutoza wa Chelsea yagize icyo avuga ku ikarita y’umutuku Robert Sánchez yabonye igatuma batakaza umukino
Umutoza w’ikipe ya Chelsea , Enzo Maresca , yagaye icyemeza cyafashwe n’umuzamu we , Robert Sánchez, cyamuhesheje ikarita...
Read MoreManchester City yasezeye mu buryo budasanzwe umucurabwenge wayo!
Ikipe ya Manchester City yasezeye ku mugaragaro umuybozi mukuru wayo wa Siporo wari uyimazemo imyaka 13, Txiki Begiristain , bamuha imodoka ifite...
Read MoreUko imvune ya rutahizamu wa Rayon Sports Asman Ndikumana iteye
Rutahizamu wa Rayon Sports , Asman Ndikumana yavunitse igufa ryo ku kuboko ryitwa “humerus” ku mukino Rayon Sports yatsinzwemo na Singa...
Read MoreIkipe ya Olympique de Marseille yajyanwe mu nkiko
Nyuma yo kwirukanwa muri Olympique de Marseille, myugariro w’Umunya-Repubulika ya Demokarasi ya Kongo , Chancel Mbemba, yafashe icyemezo cyo...
Read More