Soma akantu ku kandi; uko APR FC yasezerewe na Al Hilal SC yo muri Sudan !
Ikipe ya APR FC yatsinzwe na Al Hilal SC yo muri Sudani ibitego 3-1, mu mukino wa ½ mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2025, ihita isezererwa. Uyu...
Read MoreRutahizamu wa Rayon Sports yahawe amafaranga yaraberewemo
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwishyura umukinnyi w’Umurundi, Asman Ndikumana , amafaranga yaraberewemo mu rwego rwo gutangira umwaka...
Read MorePerezida mushya wa FERWAFA akomeje gukora impinduka mu mupira nyarwanda!
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] hamwe n’ubuyobozi bwa shampiyona y’icyiciro cya mbere [Rwanda Premier ] bumaze gusinya...
Read MoreUbuyobozi bwa Police FC bwemeje amakuru y’iseswa rya Interforce FC
Chairman wa Police FC, Commissioner of Police (CP) Yahya Kamunuga, yatangaje ko ikipe ya Interforce FC yari isanzwe ishamikiye kuri Police FC mu...
Read MoreIbihugu bimaze kubona itiki y’igikombe cy’Isi cya 2026
Uko iminsi igenda yicuma ni nako abatuye isi bakomeza gutegerezanya amashyushyu menshi imikino ya nyuma y’igikombe cy’Isi cya 2026, ibyishimo...
Read MoreAPR FC iri muri CECAFA KAGAME CUP yakiriye inyongera nziza
Nyuma yo gusoza inshingano mu ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, abakinnyi bane ba APR FC barimo umunyezamu Ishimwe Pierre, ba myugariro Omborenga Fitina na...
Read MoreIkipe izakina na APR FC muri 1/2 cya CECAFA Kagame Cup 2025 yamenyekanye
Ikipe ya APR FC izahura na Al Hilal yo mu gihugu cya Sudan muri kimwa cya Kabiri cya CECAFA Kagame Cup 2025 nyuma y’uko hashyizwe akadomo ku...
Read MoreNottingham Forest yahaye akazi umutoza mushya
Nyuma y’iminsi itatu gusa shampiyona ya Premier League itangiye, ikipe ya Nottingham Forest yahisemo guhindura umutoza mukuru, isesa amasezerano na...
Read MoreNicolas Jackson agiye kugaruka muri Chelsea hadateye Kabiri
Umuyobozi w’Inama nkuru ya Bayern Munich, Uli Hoeneß, yemeje ko bigoye ko Nicolas Jackson yazakomezanya n’iyi kipe nyuma yo kugaragaza...
Read MoreUmuzamu wa Manchester United mu nzira zerekeza muri Turikiya !
Umuzamu wa Manchester United, André Onana, ari mu nzira zo gusinyira ikipe ya Trabzonspor yo muri Turukiya, mu buryo bw’inguzanyo. Amakuru dukesha...
Read More