Transfers : Nicholas Jackson ashobora kubyuka ari umukinnyi wa Bayern Munich
Ikipe ya Bayern Munich yo mu Budage iri mu nzira za nyuma zo gusoza amasezerano yo kugura rutahizamu Nicolas Jackson avuye muri Chelsea, mu buryo...
Read MoreUganda yegukanye igikombe cy’Isi cy’aba-Homeless!
Ikipe y’Abagore ya Uganda ku wa Gatandatu wa tariki 30 Kanama 2025, yegukanye igikombe cy’Isi cy’aba-Homeless (Homeless ni abantu...
Read MoreUmukino wa APR FC muri CECAFA wasubitswe!
Umukino wa mbere w’ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC, mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2025 wari utegerejwe tariki 2 Nzeri 2025, na...
Read MoreErik ten Hag ashobora kwirukanwa muri Bayern Leverkusen
Umutoza ukomoka mu gihugu cy’Ubuholandi, Erik ten Hag, ashobora kwirukanwa nyuma yo kubura intsinzi mu mikino ibiri ifungura ya shampiyona...
Read MoreRayon Sports yongereye imbaraga mu busatirizi bwayo !
Mu gihe Shampiyona y’u Rwanda ya 2025/26 yitegura gutangira, ikipe ya Rayon Sports ikomeje imyiteguro ikomeye mu rwego rwo kuzitwara neza muri uyu...
Read MoreRayon Sports yakiriye abakinnyi bayo babiri kuva muri Senegal
Abakinnyi babiri bakomoka mu gihugu cya Senegal, Youssou Diagne ndetse na Fall Ngagne basesekaye mu Rwanda nyuma y’igihe bategerejwe. Aba bombi...
Read MoreBruno Fernandez yafashije Manchester United gukuraho amapfa y’intsinzi muri Premier League!
Bruno Fernandes yongeye guhesha ikipe ye icyubahiro ubwo yatsindaga igitego cy’intsinzi ku munota wa 97′ w’umukino, cyahesheje Manchester...
Read MoreMenya abazakorana na Shema Fabrice watorewe kuyobora FERWAFA
Shema Ngoga Fabrice, yatorewe kuba umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, mu gihe kingana...
Read MoreTransfer: Tottenham Hotspur yasinyishije inkingi ya mwamba ya RB Leipzig
Tottenham Hotspur yatangaje ko yasinyishije umukinnyi w’Umuholandi, Xavi Simons, ukina mu kibuga hagati, wari asanzwe akinira ikipe ya RB Leipzig....
Read MoreRayon Sports igiye gutandukana na rutahizamu yari yaraguze!
Ikipe ya Rayon Sports igiye gutandukana n’Umunya-Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Chadrack Bing Bello, nyuma yo kunanirwa kumvikana ku...
Read More