Umuyobozi mushya wa Iran Mojtaba Khamenei yasabye ko ibirindiro bya USA mu Burasirazuba bwo Hagati bifungwa vuba, bitaba ibyo bikagabwaho ibitero
Mu gihe amakimbirane hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Israel na Iran akomeje gufata indi ntera, umuyobozi mushya w’ikirenga wa Iran,...
Read MoreImpunzi z’Abarundi 86 zatashye ziva mu Rwanda, zishimira uburyo zakiriwe mu gihe zabaga mu gihugu
Imiryango 47 igizwe n’abantu 74 babaga mu Nkambi ya Mahama yakira impunzi ndetse n’abandi 12 babaga mu Mujyi wa Kigali batashye mu gihugu cyabo cy’u...
Read MoreMinisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yaganiriye na Cleveland Clinic na Kent State University ku mikoranire mu buvuzi n’ubushakashatsi
Minisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yaganiriye na Cleveland Clinic na Kent State University ku mikoranire mu buvuzi n’ubushakashatsi Minisitiri...
Read MoreU Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda 205 baturutse muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo
U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda 205 baturutse muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, u Rwanda rwakiriye...
Read MoreU Rwanda Rushimangira Gukoresha Ikoranabuhanga mu Gukumira Ibiza: Minisitiri Albert Murasira agaragaza akamaro kabyo ku iterambere
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi mu Rwanda, Albert Murasira, yavuze ko ibiza biri mu bibazo bikomeye bigira ingaruka ku mibereho y’abaturage ndetse...
Read MorePerezida wa tanzaniya Samia Suluhu Hassan agiye kurera umwana w’umukobwa watawe n’ababyeyi be
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cya Tanzania byatangaje inkuru yashimishije benshi hirya no hino muri Afurika, aho Perezida w’icyo gihugu, Samia Suluhu...
Read More⭕♨️ INKURU YIHUTIRWA: BUNYONI YAREKUWE BY’AGATEGANYO, AJYANWE KWIVUZA
Mu makuru yatunguye benshi mu Burundi no mu karere kose, uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Générale de Police Alain-Guillaume Bunyoni,...
Read MoreUPDF Yahakanye Raporo ya Loni Iyishinja Kurasa ku Basivile muri Sudani y’Epfo, Ivuga ko Yarinze Abaturage i Juba
Ingabo za Uganda People’s Defence Force (UPDF) ku wa Kabiri zasohoye itangazo rikomeye rihakana raporo ya United Nations Human Rights...
Read MoreUkraine Yagabye Igitero ku Ruganda rwa Gisirikare rw’u Burusiya: 6 Bahasize Ubuzima, Abarenga 40 Barakomereka
Intambara ikomeje guhuza Ukraine n’u Russia yongeye gufata indi ntera ikomeye nyuma y’uko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, atangaje ko...
Read MoreMaj Gen André Rafael Mahunguane Yasuye Icyicaro cy’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda i Mocímboa da Praia, Ashima Ubufatanye mu Kurwanya Iterabwoba
Kuri uyu wa Gatatu, Umugaba w’Ingabo zirwanira ku Butaka za Mozambique, André Rafael Mahunguane, yasuye icyicaro gikuru cy’Inzego z’Umutekano z’u...
Read More