Musenyeri Laurent Mbanda yagize icyo avuga ku buyobozi bushya bwa Anglican bushyigikiye ubutinganyi
Umwepisikopi Mukuru w’Itorero Angilikani mu Rwanda, Dr. Laurent Mbanda, akaba ari na Perezida wa Gafcon (Global Anglican Future Conference) ihuriro...
Read MoreHamenyekanye uwatumye amasezerano y’u Rwanda na Congo adasinywa
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ari...
Read MoreTigers BBC yegukanye igikombe!
Mu mukino wabereye muri Petit Stade i Remera ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 3 Ukwakira 2025, ikipe ya Tigers BBC yatsinze REG BBC ku manota...
Read MoreCongo yanze gusinya amasezerano n’u Rwanda
Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yanze gushyira umukono ku masezerano ahuriweho n’u Rwanda yerekeye guteza imbere ubukungu mu...
Read MoreAdel Amrouche yemeye guhamagara umukinnyi yari yirengagije
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru, Adel Amrouche yongeye Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’ mu...
Read MoreUwajyanaga Abanya-Kenya ku rwana ku ruhande rw’u Burusiya mu ntambara na Ukraine yatangaje imibare y’abamaze kujyayo
Umunya-Kenya, Edward Gituku Kamau ukurikiranweho ibyaha byo gushaka abantu akabajyana kurwana ku ruhande rw’u Burusiya mu ntambara na Ukraine...
Read MoreHavumbuwe ahandi hantu hashbora kuba ubuzima nk’ubwahano ku isi
Ubushakashatsi bushya bushingiye ku bisubizo byakusanyijwe n’icyogajuru kitwa Cassini cya NASA bugaragaza ibimenyetso bishya bigaragaza ko ukwezi ...
Read MoreMu gihugu kimwe cyo muri Afurika yakatiwe igihano cy’urupfu kubera kunenga perezida!
Umugabo wo muri Tuniziya yakatiwe urwo gupfa ashinjwa gusebya Perezida w’iki gihugu, Kais Saied, no guhungabanya umutekano w’igihugu ...
Read MoreHamenyekanye impamvu itangaje yatumye umuturage aca amafoto yo kwamamaza Museveni
Umugabo w’imyaka 33 witwa Mustafar Manirabuka, uzwi kandi ku izina rya “Katonda”, yemeye icyaha cyo kwangiza amafoto yo kwamamaza...
Read MoreHamenyekanye impamvu Vinicius Junior yagaragaje kutishima nyuma yo gusimbuzwa ku mukino wa Champions League
Hasobanuwe ibimenyetso Umunya-Brazil, Vinicius Junior yagaragaje ubwo yasimbuzwaga ku mukino wa UEFA Champions League, Real Madrid yanyagiyemo ...
Read More