U Burayi bwateye utwatsi ibyo guhanikira imisoro u Bushinwa n’u Buhinde
Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), Ursula von der Leyen, yatangaje ko nta musoro uziyongera ku bicuruzwa biva mu Bushinwa...
Read MoreRiek Machar urebana ay’ingwe na Salva Kiir yagejejwe mu rukiko
Kuri uyu wa Mbere wa tariki 22 Nzeri 2025, mu murwa mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, hatangiye urubanza rw’uwahoze ari Visi Perezida ...
Read MoreU Bwongereza bwihanije Israel ku migambi ifite!
Umunyamabanga w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bwongereza, Yvette Cooper, yavuze ko yaburiye Israel kutagaba igitero cyo kwiyomekaho bimwe mu bice bya...
Read MoreM23 yigaruriye umugi w’ingenzi nyuma y’imirwano n’ingabo za Congo
Umutwe wa M23 biremezwa ko wamaze kwigarurira umugi wa Nzibira nyuma y’imirwano yabahanganishije n’ingabo za Repubulika ya Demokasi ya...
Read MoreAbakinnyi 10 bahabwa amahirwe yo kwegukana Ballon d’Or 2025 n’ibitego buri umwa yatsinze
Mu gihe habura amasaha make kugira ngo ibihembo by’abitwa neza muri ruhago y’isi babishimirwe mu bihembo bitangwa n’ikinyamakuru ...
Read MoreUwatoje Alexander Isak akiri muto yamuvuzeho ibintu byatangaje benshi!
Umutoza watoje Alexander Isak ubwo yari mu cyigero cy’imyaka 13 na 15 yavuze ko yatunguwe cyane no kuba yaravuyemo umukinnyi wabigize umwuga...
Read MoreIgihugu gikomeye ku Isi cyatangaje ko cyemeye Palesitina nk’igihugu cyigenga
Kuri iki cyumweru cya tariki 21 Nzeri 2025, Ubwongereza bwatangaje ko bwemeye Leta ya Palesitina nyuma y’uko Isiraheli itubahirije ibyo yasabwaga...
Read MoreUwatanze amakuru afatwa nk’ay’ukuri ku habonetse icyorezo cya COVID-19 bwa mbere ari mu byago
Umunyamakuru w’Umushinwa, Zhang Zhan, w’imyaka 42, wakatiwe imyaka ine y’igifungo mu mwaka 2020 azira gutangaza amakuru ku cyorezo cya COVID-19 mu...
Read MoreUmutoza wa Chelsea yagize icyo avuga ku ikarita y’umutuku Robert Sánchez yabonye igatuma batakaza umukino
Umutoza w’ikipe ya Chelsea , Enzo Maresca , yagaye icyemeza cyafashwe n’umuzamu we , Robert Sánchez, cyamuhesheje ikarita...
Read MoreManchester City yasezeye mu buryo budasanzwe umucurabwenge wayo!
Ikipe ya Manchester City yasezeye ku mugaragaro umuybozi mukuru wayo wa Siporo wari uyimazemo imyaka 13, Txiki Begiristain , bamuha imodoka ifite...
Read More