Israel yongeye gukora igikorwa giteye agahinda muri Gaza
Mu ijoro ryakeye, ibisasu bya Israel byaraye byishe abasivili barenga 80 mu mujyi wa Gaza, barimo abagore n’abana 20, ubwo ingabo za Israel...
Read MorePerezida Tshisekedi yongeye kuvuga ku Rwanda na RDF igihe yari muri LONI
Perezida Félix Tshisekedi yasabye amahanga kudacyerensa uruhare rw’u Rwanda mu bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Congo, anasaba ko hakorwa...
Read MoreUmuhanzi wo muri Amerika uri mu bakomeye ku Isi yibarutse umwana
Umuhanzikazi Rihanna n’umuraperi A$AP Rocky, bemeje ko bibarutse umwana wabo wa gatatu w’umukobwa bise Rocki Irish Mayers hanyuma ubutumwa bwabo bwo...
Read MoreIgirikare cy’u Rwanda cyagize icyo kivuga ku musirikare wacyo amakuru yasakajwe ko yafatiwe i Burundi
Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda(RDF) bwatangaje ko umusirikare ufite ipeti rya Sergeant muri RDF usanzwe ari umushoferi, afungiye i Burundi...
Read MoreUrukiko rwafashe umwanzuro ku rubanza rw’uwareze asaba indishyi z’akababaro ku bwo kubabazwa mu rukundo!
Muganga Chantal uherutse gutanga ikirego arega  Dr. Nsabimana Ernest wahoze ari Minisitiri w’Ibikorwaremezo amushinja ko yamubeshye urukundo...
Read MoreU Rwanda rwakiriye abenegihugu 328Â batashye ku bushake bavuye muri DRC
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Nzeri 2025, u Rwanda rwakiriye ku mugaragaro abanyarwanda 328 batashye ku bushake bavuye muri Repubulika Iharanira...
Read MoreMusanze :Polisi yataye muri yombi abangizaga imyaka y’abaturage bashaka zahabu
Mu gitondo cyo ku wa 24 Nzeri 2025, Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Musanze yataye muri yombi abantu 24 bacukuraga amabuye y’agaciro mu buryo butemewe...
Read MoreRusizi: Inkongi y’umuriro yangije ibibarirwa agaciro ka miliyoni 10 Frw
Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 24 Nzeri 2025, inkongi y’umuriro yibasiye inzu y’ubucuruzi iherereye mu mudugudu wa Kabeza, akagari ka...
Read MoreUmupasiteri yatawe muri yombi azira guha ruswa umugore w’uwahoze ari Perezida
Urukiko rw’umujyi wa Seoul rwatangaje ko hafashwe umwanzuro wo gufata Han Hak-ja, umuyobozi w’itorero ryitwa Unification Church ryo muri Koreya...
Read MorePerezida wa  Malawi yemeye ko yatsinzwe amatora!
Perezida wa Malawi ucyuye igihe , Lazarus Chakwera, yamaze gutangaza ko yemeye ibyavuye mu matora nyuma yo gustindwa n’umukebawe...
Read More