Irushanwa rya CHAN 2024 rigeze he?
Imikino y’igikombe cya Afurika cy’abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024) iri kugana mu mahina aho yinjiye muri kimwe cya...
Read MoreGuinea: Amashyaka ya politike arimo n’irya Alpha Conde yahagaritswe by’agateganyo
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Kanama 2025, ubutegetsi bwa gisirikare muri Guinée bwatangaje icyemezo gikakaye cyo guhagarika by’agateganyo...
Read MoreEXCLUSIVE: Amerika yakoze impinduka zikomeye mu butasi bwayo
Minisitiri w’Ingabo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth yakoze impinduka zikomeye mu buyobozi bukuru bwa gisirikare nyuma y’uko ibiro bya...
Read MoreArsenal yashimangiye ko yasinyishije indi ntwaro nshya!
Arsenal yemeje ko yasinyishije rutahizamu w’Ubwongereza Eberechi Eze imuvanye muri Crystal Palace. Uyu mukinnyi w’imyaka 27 yasinye amasezerano...
Read MorePREMIER LEAGUE: Thomas Frank atunguye Guardiola amakubitira mu rugo adakozemo !
Tottenham Hotspur yongeye gutungura Manchester City ku kibuga cyayo, Etihad Stadium, itsinda umukino wa kabiri wikurikiranya muri Premier League...
Read MoreLeta y’u Rwanda yahakanye ibirego byo guhonyora uburenganzira bwa muntu muri Congo
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye raporo yatangajwe na Human Rights Watch, Ibiro bya Loni bishinzwe Uburenganzira bwa Muntu (OHCHR) n’Ibiro bihuriweho...
Read MoreThomas Frank yatoboye avuga kuri Eberechi Eze wanze kwerekeza muri Tottenham Hotspur
Mu gihe isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rigeze mu minsi yaryo ya nyuma, ikipe ya Tottenham Hotspur ikomeje guhura n’imbogamizi mu gushaka...
Read MorePerezida Zelensky arashinja Uburusiya gushaka kuburizamo ibiganiro biganisha ku mahoro
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, arashinja u Burusiya gukora ibishoboka byose ngo buhagarike inama kumuhuza na Perezida Vladimir Putin,kandi...
Read MoreUtavuga rumwe na Leta ya Berlin yikomye benshi mu banyamuryango ba OTAN
Alice Weidel, umwe mu bayobozi bakuru b’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi mu Budage, Alternative for Germany [AfD], yikomye bikomeye ibihugu by’i...
Read MoreWan – Bissaka wa Westham yashyizwe mu bakinnyi ba DRC bagomba gucakirana na Senegal !
Umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Sébastien Désabre, yatangaje urutonde rw’abakinnyi 25 azifashisha mu mikino...
Read More