💘IGIHANO CY’URUPFU”Amerika ishobora guha igihano cy’urupfu ukekwaho kwibasira Abayahudi
Abashinjacyaha ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bashyikirije urukiko urwandiko rw’iperereza rugaragaza ibyaha hafi 10, bifitanye isano n’urupfu...
Read MoreTrump yazamuye imisoro ku bicuruzwa by’u Buhinde
Mu itangazo ryasohowe na White House kuri uyu wa Gatatu, Perezida Donald Trump yatangaje ko u Buhinde buzashyirwaho imisoro y’inyongera ya 25% ku...
Read MoreEXCLUSIVE : Kera kabaye intumwa idasanzwe ya Perezida Trump yahuye na Putin
Intumwa idasanzwe ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Steve Witkoff, yagiranye ibiganiro byihariye na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, i...
Read MorePariki ya Aalborg Zoo yo muri Denmark yahagurukiye guca imirire mibi mu nyamaswa
Pariki y’inyamaswa ya “Aalborg Zoo” yo mu gihugu cya Denmark yasabye abaturage gutanga inyamaswa nzima ariko zitakibafitiye akamaro mu...
Read MoreAmerika iri mu mushinga wo gutunganyiriza nucléaire ku kwezi
Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iby’ikirere n’ubumenyi bw’isanzure (NASA) kiri kwihutisha gahunda yo kubaka ikoranabuhanga rigenzura...
Read MoreUmusore wo muri Uganda wasebeje Museveni agahita aburirwa irengero yongeye kugaragara
Elson Tumwine, umunyeshuri wo muri kaminuza ya Makerere mu mwaka wa gatatu, wacitse tariki ya 8 Kamena 2025, yongeye kugaragara hashize igihe kingana...
Read MoreEXCLUSIVE – Netanyahu yiyemeje umugambi wo kwigarurira burundu Gaza
Mu gihe intambara imaze hafi imyaka ibiri ikomeje gutwara ubuzima mu gace ka Gaza, Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, yamaze...
Read MoreTesla yavanyeho impungenge zo gutakaza Elon Musk
Kompanyi ya Tesla yageneye umuyobozi wayo mukuru, Elon Musk, imigabane ifite agaciro ka miliyari $29 (angana na miliyari £21.7), mu rwego rwo...
Read MoreMinisitiri w’Intebe wa Isiraheli Benjamin Netanyahu akomeje kujya mu mazi abira
Urukiko mu gihugu cya Isiraheli rwahagaritse igikorwa cyo kuvana ku nshingano umushinjacyaha mukuru w’iki gihugu Gali Baharav-Miara mu gihe...
Read MoreBrazil na Amerika rurageretse nyuma yo gufunga uwahoze ari perezida w’iki gihugu
Urukiko Rukuru rwa Brazil rwafashe umwanzuro wo gufungira mu rugo uwahoze ari perezida w’iki gihugu, Jair Bolsonaro aho akurikiranweho ibyaha...
Read More