Abantu barengeje imyaka 70 bashobora kubuzwa gutwara imodoka
Abatwara imodoka bafite imyaka irenga 70 mu Bwongereza bashobora gukumirwa gutwara imodoka nibatsindwa ikizamini cy’amaso giteganyijwe kuba ngombwa,...
Read MoreIturi : Abantu 9 baburiwe ubuzima mu bitero by’inyeshyamba za ADF
Mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira ku wa Mbere, tariki ya 11 Kanama 2025, abantu icyenda bapfiriye mu bitero bibiri byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro...
Read MoreMuseveni yemeye ko bitugukwaha na maguyi bica ibintu mu biro bye !
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko hari bamwe mu bakozi bo mu biro bye basabaga ruswa abaturage kugira ngo babafashe kugeza...
Read MoreAbadafite inzu zo kubamo batuye Washington bagiye kuhirukanwa
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gutuma impaka zikomeye zivuka muri iki gihugu nyuma yo gusaba ko abantu badafite inzu...
Read MoreNyuma y’u Bufaransa n’u Bwongereza ikindi gihugu gikomeye kigiye kwemera Palesitina nk’igihugu
Minisitiri w’Intebe wa Ositaraliya, Anthony Albanese, yatangaje ko Ositaraliya izemera Leta ya Palesitina nka Leta yigenga mu Nteko Rusange ya Loni...
Read MoreIran ntikozwa ibyo kongera kugenzurwa ku ngingo y’intwaro kirimbuzi
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran Abbas Araghchi kuri iki Cyumweru tariki 11 Kamena 2025, yatangaje ko umuyobozi wo ku rwego rwo hejuru...
Read MorePerezida wa Ukraine afite impungenge nyinshi mu gihe hategerejwe ibiganiro hagati ya Trump na Putin
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yagaragaje impungenge zikomeye ku nama iteganyijwe hagati ya Donald Trump na Perezida w’u Burusiya Vladimir...
Read MoreUrunturuntu mu ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda rukomeje kwiyongera
Mu gihe urugamba rwo gushaka ugomba kujya mu mwanya wa Visi Perezida w’ishyaka rya perezida Museveni, NRM rukomeje gufata indi ntera, Perezida...
Read MoreAbanya-Isiraheli batangije imyigaragambyo yo kwamagana ibyemezo bya Benjamin Netanyahu
Mu ijoro ryo Kuri uyu wa Gatandatu wa tariki 09 Kanama 2025, abantu ibihumbi bari mu mihanda ya Tel Aviv bamagana gahunda ya Minisitiri w’Intebe...
Read MoreKoreya ya Ruguru yakoze igikorwa cyatunguye i y’Epfo
Ingabo za Koreya y’Epfo zavuze ko kuri uyu wa Gatandatu wa tariki 09 Kanama 2025, zabonye Koreya ya Ruguru ikuraho zimwe mu ndangururamajwi ku mupaka...
Read More