Hatangajwe igihe umuhuro wa Trump na Putin uzabera
Perezida Donald Trump yatangaje ko azahura na Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin ku wa Gatanu utaha muri Alaska, nyuma yo gutangaza mbere yaho...
Read MoreKenya: Abantu batandatu baburiye ubuzima mu mpanuka y’indege
Ku munsi w’ejo mu gace ka Githurai gaherereye mu murwa mukuru wa Kenya, Nairobi, habaye impanuka ikomeye y’indege y’ubutabazi ya sosiyete Amref...
Read MoreUbuyapani buhangayikishijwe bikomeye n’igabanuka ry’abaturage
Mu mwaka ushize, mu Buyapani habayeho abantu barenga miliyoni bapfuye baruta umubare w’abavuka. Ibi bikaba byarerekanye igabanuka rikomeye...
Read MoreIkindi gihugu kemeje ko cyasabiye Donald Trump igihembo cy’Amahoro cya Nobel
Minisitiri w’Intebe wa Kambodiya, Hun Manet, kuri uyu wa Kane wa tariki 07 Kanama 2025, yavuze ko yatanze Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...
Read MoreUwavuye muri Manchester United mu buryo bubi ari mu nzira yo kwegukana Ballon d’Or ya 2025
Umukinnyi wo hagati w’ikipe ya Napoli n’Ikipe y’Igihugu ya Scotland, Scott McTominay, ari mu bakinnyi 30 bazahatana ku gihembo cy’umukinnyi w’umwaka...
Read MorePerezida Putin na Trump bemeje ko bagiye guhura imbonankubone vuba aha !
Intumwa yihariye y’ibiro bya perezida w’Uburusiya , Yuri Ushakov imaze kwemeza ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, hamwe na...
Read MoreUN yamaganye ubwicanyi bukomeje kugaragara mu Burasirazuba bwa Congo
Umuryango w’Abibumbye wagaragaje impungenge z’ubwicanyi bwakorewe abasivili mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), aho...
Read MoreUbutaliyani bugiye kubaka ikiraro cya mbere kirekire ku Isi
Umugi wa Roma wo mu Butaliyani wemeje burundu umushinga wa miliyari €13.5 (angana na miliyari $15.6) wo kubaka ikiraro kirekire cyane ku Isi gihuza...
Read More💘IGIHANO CY’URUPFU”Amerika ishobora guha igihano cy’urupfu ukekwaho kwibasira Abayahudi
Abashinjacyaha ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bashyikirije urukiko urwandiko rw’iperereza rugaragaza ibyaha hafi 10, bifitanye isano n’urupfu...
Read MoreTrump yazamuye imisoro ku bicuruzwa by’u Buhinde
Mu itangazo ryasohowe na White House kuri uyu wa Gatatu, Perezida Donald Trump yatangaje ko u Buhinde buzashyirwaho imisoro y’inyongera ya 25% ku...
Read More